Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abagenzi bavaga Baraka berekeza mu Lusenda, banyazwe akayabo kamafaranga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe witwaje imbunda wa Mai Mai, muri teritware ya Fizi bakomeje kunyaga abagenzi bakoresheje ubu basha bw’intwaro baba bitwaje.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 01/08/2023, saa 3:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Kuruyu wa Mbere tariki 31/07/2023, ahagana mu masaha y’umugoroba wa Joro, abagenzi bavaga Baraka berekeza mu Lusenda, banyazwe Amafanga menshi bayanyagwa n’inyeshamba zo mu mutwe wa Mai Mai .

Iki gikorwa co kunyaga abagenzi cabereye mugace ka Icwa cangwa Lulinda nkuko babivuga. Lulinda ikaba ibarizwa muri Groupement ya Basimunyaka Secteur ya Tanganika akaba ari muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.

Mumakuru Minembwe Capital News, imaze kwakira yizewe nuko aba bagizi banabi babashe gukoresha ububasha bafite bambura abagenzi ifaranga za makongomani angana n’ibihumbi magana inani( 800.000Frc), batwara kandi ibikoresho birimo ibikapu birimo imyenda ndetse na matelephone ngendanwa, nkuko tubikesha Radio yabaturage ikorera murako gace ka Lusenda.

Ibi Kandi byemejwe numwe mubakora akazi ko gutwara abagenzi akoresheje Moto, bwana Dunia Msema, yagize ati: “Nibyo aba bagizi banabi biba abantu bakoresheje ububasha bwogutunga imbunda banyaze abagenzi ibyabo. Mubyo banyaze harimo Amafanga, ibikapu amahuzu ndetse nama telephone ngendanwa. Turasaba leta gukora inshingano zabo mukurinda abaturage nokubashakira umutekano.”

S’ubwambere ibi bikorwa byokunyaga abagenzi muruyu Muhanda, kuko umwaka ushize tariki 19/12/2022, imodoka ya Monusco yavaga Baraka igana Uvira yahuye naba bagizi banabi bo mwitsinda rya Mai Mai, bashimuta abari muriyo modoka dore ko byavuzweko harimo abakozi bane(4) bo muri P-DDDRCS naba Chofeurs. Aba baje gukizwa aruko hakoreshejwe Amafanga ndetse nubutabazi bwo mungabo za FARDC zomuri 222ème brigade ikorera Mboko.

Twabibutsako nabakozi ba Ebenezer Ministries, mubihe bitandukanye bagiye bategegwa muribi bice bakanyagwa ubundi bakicwa. Umuhanda wa Uvira, Baraka na Minembwe, aba bagizi banabi bo mu mutwe wa Mai Mai bamaze kuhicira abantu benshi ahanini bo mubwoko bwa Banyamulenge (Tutsi).

Tags: AbagenziBanyazwe akayabo kamafarangaBarakaLusendaMai Mai
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umunyarwandakazi, Dr Mukeshimana Gerardine, yagizwe Visi Perezida w’Ikigega Mpuzamahanga cyita ku iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi ku Isi (IFAD).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?