Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abagerageje gukora imyigaragambyo muri Uganda babigiriyemo ubu babare bukaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 27, 2024
in Regional Politics
0
Abagerageje gukora imyigaragambyo muri Uganda babigiriyemo ubu babare bukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abagerageje gukora imyigaragambyo muri Uganda babigiriyemo ubu babare bukaze.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abarenga ijana mubarimo bakora imyigaragambyo mu gihugu cya Uganda, Polisi yo muri icyo gihugu yatangaje ko yamaze kubata muri yombi, barimo abateguye n’abitabiriye.

Kituumu Rusoke, umuvugizi w’igipolisi cya Uganda, ejo hashize yatanze ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, avuga ko mu batawe muri yombi harimo abafashwe kuya 22 n’iya 24 mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka. Anavuga ko aba bafashwe bazira kurenga ku ibwiriza ribuza kwigaragambya.

Yagize ati: “Muri rusange abantu 104 bafunzwe hagati ya tariki ya 22 n’iya 24/07/2024, ijana muri abo bajanywe mu rukiko.”

Umunsi imyigaragambyo nyirizina iba ku ya 23/07/2024, abagera ku 75 nibo bajanywe mu rukiko nk’uko umuvugizi wa Polisi ya komeje abivuga, ndetse kandi umwe muri abo agumishwa muri gereza.

Abatawe muri yombi mbere y’umunsi w’imyigaragambyo ni abakekwagaho kuyitegura. Francis Zaake, Hassan Kirumira na Charles Tebandeke bo mu ishyaka rya NUP ritavuga rumwe n’ubutegetsi n’abandi barindwi.

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni, tariki ya 25/07/2024, yasobanuye ko impamvu babujije iy’imyigaragabyo kuba ngo nuko bamenye amakuru ko yateguwe nabi kandi ko harimo n’abanyamabanga babyihishye inyuma.

Museveni ya nashimiye abashinzwe umutekano barimo abasirikare n’abapolisi, abashimira kuba barahagaritse imyigaragambyo ntiyakorwa, kandi avuga ko kuba barayikumiriye iteragera ku nteko ishinga amategeko nk’uko ababiteguye bari babiteganyije, avuga ko bakoze neza.

        MCN.
Tags: ImyigaragambyoUbu babareUganda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu abenshi bahasize ubuzima mu gitaramo cya bereye i Kinshasa.

Hamenyekanye impamvu abenshi bahasize ubuzima mu gitaramo cya bereye i Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?