• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abahanga batanze inama ya fasha abashakanye ku baka ingo zigakomera.

minebwenews by minebwenews
September 23, 2024
in Uncategorized
0
Abahanga batanze inama ya fasha abashakanye ku baka ingo zigakomera.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abahanga batanze inama ya fasha abashakanye ku baka ingo zigakomera.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ni ibyo dukesha urubuga Health Care, aho ruvuga ko abubaka Ingo zikabananira nyamara bo babona ko ntako batagize, ariko haba hari ibikwiye bagomba kwitaho n’amagambo bagomba kubwirana umunsi ku wundi kugira ngo Ingo zabo zirusheho gukomera.

Uru rubuga rwagaragaje ko buri wese ashaka nuwo yishimira kandi akamutura umutima we, ariko burya ngo nta rugo rutabamo imbogamizi z’imbaraga nke kuri umwe cyangwa bose bigatuma bagira ibibazo rimwe na rimwe. Kandi nta n’umwe wavuga ko yabura inenge, gusa kuri wowe ukwiye gufata uwo mwashakanye nk’aho azira inenge kabone niyo waba uzi inenge ye.

Ruvuga ko kandi mu gihe wamaze igihe cyawe wita ku makosa y’uwo mwashakanye cyangwa imbaraga ze nke, bizagorana ko mwubaka urugo rwanyu rugakomera. Bagirwa inama yo kwita ku bibakomeza gusa kuko abarambana ari babandi bazi kwita ku iterambere, igihe cyabo bakakimarana bita ku byiza n’ibyabateza imbere kandi birinda kugambanirana hagati yabo.

Kandi bagomba ku menya ko buri wese ashobora kugira amateka atari meza, ariko mu gihe mwaha umwanya ahahise hanyu; icyo gihe byazabagora kugera ku byiza. N’ubwo utakoze nk’ibye ariko nawe wananiranye mu buryo bwawe niyo mpamvu utari shyashya. Si byiza ko uhora ushaka kumenya no gucengera muhahise he mu gihe atahakoreshaga agambiriye ku kubabaza. Babarira, wibagirwe. Ita kuri uwo mwanya muri kumwe no kuhazaza hanyu gusa.

Ugomba no kumenya ko buri muryango ugira ingarane zawo kandi ko buri rushako rwose rugira ibihe bimeze nk’umuriro waka. Intekerezo zawe urasabwa kuzigumisha k’uwo mwashakanye kugira ngo utayobywa n’ubusa utandukira.

Buri rugo, rugira ibyo rugeraho urundi rudafite, rero sibyiza guhorana amagambo cyangwa intekerezo zigira ziti: “Kanaka na kanaka barakize, bageze kuri ibi, none twe ntanakazi tugira.” Imiryango ibiri y’abashakanye iba itandukanye rwose, nta nahato ho kuyigereranya. Mushobora kugira ibyo muhuje ariko mukaba mutangana . Iga kandi wihangane. Mukomeze munyanyagize amazi aho mushaka kuzasarura.

Gutangiza urugo, ubusanzwe ni ugutangira intambara ku mugaragaro, rero mu gihe ushinze urugo ukwiye kumenya ko utangiye intambara yeruye ku banzi b’urugo rwanyu. Igitangaje bamwe mu banzi wagize ukija mu rushako bazabamo abandi bakubere inshuti magara.

            MCN.
Tags: AbahangaIcyagufashaInamaKubaka urugo
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ijambo ry’Imana: Byinshi wa menya ku byo Kwicisha bugufi.

Ijambo ry'Imana: Byinshi wa menya ku byo Kwicisha bugufi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?