• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y’u mukuru w’igihugu mu gihugu cya Senegal.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y’u mukuru w’igihugu mu gihugu cya Senegal.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakandida 15 bamaze gutangaza ko bemeye ubutsindwe mu matora ari kuba mu gihugu cya Senegal.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni Diomoyo Faye ukomeje kuza imbere kuva ku mugoroba wo ku Cyumwe, bikaba biteganijwe ko batangaza uwatsinze ay’amatora mu masaha make ari mbere.

Ibi nibiri kugaragazwa mu matora bitari nda kuka, nk’uko tubikesha radio BBC.

Ivuga ko umukandinda wavuye mw’ishyaka riri kubategetsi bwana Amadou Ba, ko yakoresheje telephone ahamagara Diomoyo Faye bari bahanganye muri ay’amatora amwemerera ko yemeye ubutsindwe. BBC ivuga ko ibi byashinzwe hanze n’umutegetsi wo muri leta y’icyo gihugu.

Ikomeza ivuga ko n’ubwo ibyavuye mu matora atari ibyanyuma ariko na none Diomoyo Faye ari mbere cyane.

Amatora ari mu gihugu cya Senegal yatangiye ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize, akaba arimo abakandida bagera ku 19.

Umukandinda Diomoyo Faye ava mu Ishyaka rya PASTEF (Les Patriotes Africains du Senegal pour le travail, l’Ethique et la Fraternite), riyobowe na Ousmane Sonko, umunyapolitiqe ukunzwe cyane muri Senegal abenshi ngo bibazaga ko ariwe uzatsimbura perezida Macky Sall.

Gusa, Sonko, urukiko rumushinja ibyaha birimo gusenanya n’ubwo we avuga ko azira politike.

Iy’inkuru ivuga ko Diomoyo Faye yari ari muri gereza iminsi 10 mbere y’uko amatora atangira , ndetse yiyamamaje asezeranya abatutage ba Senegal kuzazana impinduka zikaze.

Nyuma y’uko bimaze kugaragara ko Diomoyo Faye ari mbere cyane, yashimiwe na perezida ugiye gucura igihe bwana Macky Sall , maze atangaza ko iyi ari intsinzi ku baturage bigihugu cyose.

Amakuru avuga ko bwana Diomoyo Faye wujuje imyaka 44 y’amavuko ku munsi w’ejo hashize, yahoze ari umurwanashyaka wo ku rwego rwo hejuru mu Ishyaka rya PASTEF.

Icyicyiro cya mbere cy’ibyavuye mu matora byatangajwe kuri televisiyo y’igihugu mu ijoro ryo ku Cyumweru rishira ku wa Mbere, byerekanye ko bwana Diomoyo Faye yatsinze abandi bakandida bose.

Ibi byatumye i Dakar ku murwa mukuru w’igihugu cya Senegal abantu bakwira imihanda bagaragaza ibyishimo.

Ibi kandi byabaye mu cyaro Diomoyo Faye avukamo ahitwa Ndiaganiao, ha hereye mu ntera y’ibirometre nka 80 n’u Mujyi wa Dakar.

Nyuma y’uko uyu munyapolitike anyuze mu makuba menshi bikaba biri guha abenshi icyizere cy’ejo hazaza hiki gihugu cya Senegal.

             MCN.
Tags: Diomoyo FayeSenegalUmukandindaUri kuza imbere mu matora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.

M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n'abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?