• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y’u mukuru w’igihugu mu gihugu cya Senegal.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Abakandida bagera ku 15 bemeye ubutsindwe mu biri kuva mu matora y’u mukuru w’igihugu mu gihugu cya Senegal.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakandida 15 bamaze gutangaza ko bemeye ubutsindwe mu matora ari kuba mu gihugu cya Senegal.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Diomoyo Faye ukomeje kuza imbere kuva ku mugoroba wo ku Cyumwe, bikaba biteganijwe ko batangaza uwatsinze ay’amatora mu masaha make ari mbere.

Ibi nibiri kugaragazwa mu matora bitari nda kuka, nk’uko tubikesha radio BBC.

Ivuga ko umukandinda wavuye mw’ishyaka riri kubategetsi bwana Amadou Ba, ko yakoresheje telephone ahamagara Diomoyo Faye bari bahanganye muri ay’amatora amwemerera ko yemeye ubutsindwe. BBC ivuga ko ibi byashinzwe hanze n’umutegetsi wo muri leta y’icyo gihugu.

Ikomeza ivuga ko n’ubwo ibyavuye mu matora atari ibyanyuma ariko na none Diomoyo Faye ari mbere cyane.

Amatora ari mu gihugu cya Senegal yatangiye ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize, akaba arimo abakandida bagera ku 19.

Umukandinda Diomoyo Faye ava mu Ishyaka rya PASTEF (Les Patriotes Africains du Senegal pour le travail, l’Ethique et la Fraternite), riyobowe na Ousmane Sonko, umunyapolitiqe ukunzwe cyane muri Senegal abenshi ngo bibazaga ko ariwe uzatsimbura perezida Macky Sall.

Gusa, Sonko, urukiko rumushinja ibyaha birimo gusenanya n’ubwo we avuga ko azira politike.

Iy’inkuru ivuga ko Diomoyo Faye yari ari muri gereza iminsi 10 mbere y’uko amatora atangira , ndetse yiyamamaje asezeranya abatutage ba Senegal kuzazana impinduka zikaze.

Nyuma y’uko bimaze kugaragara ko Diomoyo Faye ari mbere cyane, yashimiwe na perezida ugiye gucura igihe bwana Macky Sall , maze atangaza ko iyi ari intsinzi ku baturage bigihugu cyose.

Amakuru avuga ko bwana Diomoyo Faye wujuje imyaka 44 y’amavuko ku munsi w’ejo hashize, yahoze ari umurwanashyaka wo ku rwego rwo hejuru mu Ishyaka rya PASTEF.

Icyicyiro cya mbere cy’ibyavuye mu matora byatangajwe kuri televisiyo y’igihugu mu ijoro ryo ku Cyumweru rishira ku wa Mbere, byerekanye ko bwana Diomoyo Faye yatsinze abandi bakandida bose.

Ibi byatumye i Dakar ku murwa mukuru w’igihugu cya Senegal abantu bakwira imihanda bagaragaza ibyishimo.

Ibi kandi byabaye mu cyaro Diomoyo Faye avukamo ahitwa Ndiaganiao, ha hereye mu ntera y’ibirometre nka 80 n’u Mujyi wa Dakar.

Nyuma y’uko uyu munyapolitike anyuze mu makuba menshi bikaba biri guha abenshi icyizere cy’ejo hazaza hiki gihugu cya Senegal.

             MCN.
Tags: Diomoyo FayeSenegalUmukandindaUri kuza imbere mu matora
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n’abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.

M23 yemeje ko ibitero ingabo za leta ya Kinshasa n'abafatanya bikorwa babo bakoze, kuri uyu wa Kabiri mu bice byo muri Masisi bya bangamiye abaturage.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?