• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, November 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abakandida barimo Moïse Katumbi, biteguye guhatanira kuyobora RDC, bagaragarije CENI ibyo bifuza.

minebwenews by minebwenews
November 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aba kandida biteguye guhatanira kuzayobora Republika ya Demokarasi ya Congo ( RDC), kuri uyu wa 31/10/2023, basabye ko kandidatire zabo zashigwa mubiro bitandukanye by’ibiro bya Matora.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abasabye ibi harimo Moïse Katumbi, Martin Fayulu, Denis Mukwege, Marie Josée Ikofu Sth Kikuni na Franck Diongo.

Ay’amakuru avuga ko bashize hanze icyifuzo bakoresheje inzandiko bandikiye uhagarariye Komisiyo yamatora (CENI), nakariya Kamama kose gashinzwe Amatora.

Nk’uko bigaragara bagize bati: “Turasaba gukora lisite(Listing), y’aba kandida bose nyuma, iz’i lisite, zigashirwa mu ma biro y’Amatora nk’uko bitegekanijwe n’itegeko rigenga amatora.”

Aba kandi bongeye gusabisha ko “hashirwa kumugaragaro ibijanye n’uko ibiro bizatorerwamo, uko bizaba bikiranuye ndetse naho i mashini zogutoreraho zizaba ziherereye bivanye na Carte bazoba bantanze y’ibiro bizakorerwamo amatora.”

Banasabye Urukiko rushinzwe kurengera itegeko nshinga muri RDC hamwe n’izindi nzego z’igihugu kuzashira ibintu mu muco , n’ukuri ku ibijanye n’ibyogutegura Amatora.

Ubu busabe( declaration) bavuze impanvu yo guhabwa amakuru kubijanye n’umubare w’ibiro nyabyo bazatoreraho ndetse n’ukuntu ibiro bizaba biteguye kugirango bizorohere i ndorererezi zabo.
Aba ba kandidat n’ubundi bavuzeko barajwe ishinga n’uko abaturage bose ba Congo bagomba kuzitabira amatora ndetse harimo n’abatuye ibice bya Masisi Bunagana, Rutshuru na Kwamouth, banibutsa CENI na Guverinoma ya Kinshasa ko bagomba gukora iyo bwakabaga bakabonera igisubizo cy’ibibazo biri muri turiya turere kugirango umuturage wese wa Congo azabashe gutora.

By Bruce Bahanda.

Tags: Aba kandida biteguye guhatanira kuyobora RDC bagaragarije CENI ibyo bifuza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umuryango wa Afrika Yunze Ubumwe, ngowaba ugiye kumara Intambara imaze igihe M'uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?