• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, December 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

minebwenews by minebwenews
August 7, 2025
in World News
0
Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakuru b’ibihugu bibiri byahoraga birebana ayingwe kubera intambara ibera muri Ukraine, bagiye guhura.

You might also like

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, na perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, bemeranyije guhura mu minsi iri mbere, bakaganira ku guhagarika intambara u Burusiya bwashoye kuri Ukraine.

Ni amakuru yashyizwe hanze n’Umujyanama mu biro bya perezida w’u Burusiya, Yuri Ushakav.

Ariko kandi na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika yari aheruka gutangaza ko hari amahirwe menshi yo guhura n’abayobozi b’u Burusiya na Ukraine, kandi ko bazahura imbonankubone kugira ngo baganire ku kurangiza intambara yo muri Ukraine.
Ibi Donald Trump yabitangaje ubwo yari mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa gatatu.

Ibiro ntara makuru by’u Burusiya nabyo byatangaje ko umujyanama muri Kremlin, yavuze ko ahazabera ibiganiro hagati ya Trump na Putin hamaze kwemeranywa, ibindi bisobanuro bikazatangwa nyuma.

Perezida wa Ukraine na we yavuze ko ashyigikiye perezida Putin na Donald Trump kukuganira.

Akoresheje urubuga rwa x yagize ati: “Mu gihugu cyacu cya Ukraine twakomeje kuvuga ko gushaka ibisubizo bifatika bishobora kugerwaho neza binyuze mu biganiro hagati y’abayobozi, hakenewe kumenya igihe bizabera n’ingingo zizaganirwaho.

Kuva mu kwezi kwa kabiri umwaka wa 2022, u Burusiya buri mu ntambara na Ukraine nyuma y’aho icyo gihugu gitangaje ibitero muri Ukraine mu cyiswe gukumira ko OTAN yasatira imbibi z’u Burusiya.

Iyi ntambara iri muzahuruje amahanga, kandi bisanzwe bizwi ko igihugu ko gitabarwa n’inshuti yacyo. Aha na ho u Burayi na Amerika birwana ku ruhande rwa Ukraine.

Tags: DonaldIntambaraPutinUkraine
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

by Bahanda Bruce
November 18, 2025
0
Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu

Perezida Ndayishimiye byamenyekanye ko aheruka gusimbuka urupfu Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yarokotse impanuka ikomeye mu ruzinduko yari yagiriye ku kirombe cya zahabu giherereye mu Ntara ya Bujumbura...

Read moreDetails

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi  Netanyahu

Trump yandikiye perezida wa Israel amusaba kugirira imbabazi Netanyahu Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yandikiye Perezida wa Israel, Isaac Herzog, amwibutsa ko yagombye...

Read moreDetails

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

by Bahanda Bruce
November 11, 2025
0
Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo

Itariki ya 11/11 ni itariki yihariye mu mateka y’Isi-Menya byinshi kuri yo Ku wa 11/11/ 1918, ku isaha ya saa tanu z’amanywa (11:00), isi yose yahagaritse umutima ubwo...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 igiye gushinga inzego z’ubutabera mu bice igenzura.

AFC/M23 ntikigiye mu biganiro by'i Doha, hanamenyekanye n'impamvu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?