
Abakuru b’ingabo bagize i bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba(EAC), baheruka guhurira i Nairobi mu mucumweru gishize, aba bakuru b’Ingabo bahuye nyuma gato yinama yahuje abakuru b’ibihugu bigize uyumuryango, kugira ngo basuzume uko umutekano uhagaze muri Eastern ya Congo nyuma y’itegeko ry’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango, batanze igihe ntarengwa c’iminsi 30, yuko M23 igomba kuba yavuye muturere igenzura tukaja mumaboko y’Ingabo za EAC.
Ibi bikazatangira kubahirizwa tariki 28.02.2023, inyeshamba za M23, zikazatangira kuva mu turere bagenzura, aho bavuze nka Kishishe, Bambo, Kazaroho, Tongo na Mabenga, bahawe hagati y’itariki ya 13 kugeza ku ya 20, zukwezi kwagatatu, mu gihe icyiciro cya nyuma giteganijwe ko iz’inyeshyamba ziva, Rutshuru, Kiwanja na Bunagana hagati ya 23 kugeza 30.03.2023.
Kugeza ubu ntaco M23 irabivugaho, nubwo abakuru b’Ingabo zigize EAC, bagiye gusuzuma uko Iyimyanzuro yabakuru b’ibihugu bigize uyumuryango, yashigwa mungiro ariko nanone mumyanzuro yabakuru b’ibihugu iheruka i Bujumbura bemezanije ko abanye Congo bose hatahize abahwezwa bagomba kwicarana bakaganira kugira bakemure umwuka mubi urihagati yabo cane muri Eastern y’iki gihugu.