• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 14, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abakuru B’ingabo Mumuryango Wa SADC, Barashinja Ingabo Z’u Rwanda, Gutera Inkunga M23.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amakuru ahari nuko abakuru b’Ingabo zo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afrika y’Amajyepfo (SADC), baheruka kwikoma Ingabo z’u Rwanda (RDF), aho bashinja iz’ingabo guha ubufasha umutwe wa M23, urwanira ukubaho kwabo nababo Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda,tariki 15.05.2023, saa 8:47 pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umuryango wa SADC uheruka guterana tariki 08.05.2023, muricogihe bafashe umwanzuro wo kohereza Ingabo zayo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu rwego rwo gutera ingabo mubitugu leta ya Kinshasa.

Muriyo myanzuro harimo kurwanya imitwe yose yitwaje intwaro, ikorera kubutaka bwico gihugu, irwanya leta ya Kinshasa harimo numutwe wa M23.

Ni umwanzuro wafashwe mu nama, ahanini harimo abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango, naba Minisitiri b’intebe bari baje baserukiye ibihugu byabo, yabereye i Windhoek muri Namibie.

Mbere y’uko iyo nama iba, yabereye murwa mukuru wa Namibie hari habanje guterana kwabagize komisiyo idasanzwe yabakuru b’Ingabo za SADC, ikaba yarateranye kuwa Gatandatu tariki ya 06.05.2023, yari iyobowe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo za Namibie, Air Marshal Martin Kambulu Pinehas.

Amakuru dukesha Urubuga rwa Africa Intelligence, aho baheruka gutanga i nyandiko y’ibanga y’ibyigiwe muri ibyo biganiro bavuga ko abo bakuru b’ingabo, baganiriye ku mutwe wa M23, umaze igihe uhanganye n’Ingabo za Congo (FARDC).

Leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, imaze igihe ishinja leta ya Kigali, kuba aribo batera inkunga umutwe wa M23, ibi bikaba byaratumye haba umwuka mubi hagati yibi bihugu byombi, gusa Kigali igize igihe nayo ihakana ibi birego.

Inyandiko y’ibyabereye muri iriya nama y’i Windhoek ishinja u Rwanda kugira uruhare mu bibazo bya leta ya Kinshasa, ikavuga ko hari “ihuriro rya M23 n’Igisirikare cy’u Rwanda (RDF).”

Abasirikare bayitabiriye bashinje Ingabo z’u Rwanda gufasha uriya mutwe, binyuze mu kuwuha ubufasha bw’ibikoresho birimo ibya gisirikare “bigezweho” nka za missile zihanura indege ndetse n’imbunda z’imizinga.

Ni ibirego u Rwanda rwanigeze gushinjwa n’impuguke za Loni muri raporo yasohotse mu mwaka ushize wa 2022.

Abagaba bakuru b’Ingabo za EAC basaba imitwe yitwaje intwaro yo muri RDC gutanga agahenge ka burundu, banasabye ko M23 ko itakongera kubona ubufasha ihabwa n’ibihugu byamahanga.

Komisiyo ya gisirikare ya SADC kandi yashinje Ingabo za EAC ziri muri RDC imyitwarire idahwitse, by’umwihariko Maj Gen Jeff Nyagah wahoze ari Umugaba wazo.

Leta ya Congo imushinja kuba yaremereye abasirikare b’u Rwanda, bagera 378 kwinjira ku butaka bw’icyo gihugu, ibyatumye abategetsi bayo bamunaniza mbere y’uko afata icyemezo cyo kwegura.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

President Félix Tshisekedi, Yunvikanye Kandi Anenga, Abavuga Ko Igihugu Cye Kizava Mumuryango Wa EAC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?