Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abambere mu basirikare ba Kenya bari mu butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC baratangira kuva i Goma uy’umunsi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 3, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku gitutu cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ingabo zambere z’Ingabo za Kenya ziri m’u butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC k’urwego rwa EAC baratangira kuva i Goma berekeza i Nairobi mu gihugu ca Kenya kuriki Cyumweru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko ibinyamakuru bya RDC byatangiye kuvuga iy’inkuru n’uko ziriya Ngabo za EACRF zishinjwa n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi kuba barananiwe kubahiriza inshingano zabo ntibarwanya u mutwe wa M23, kuri ubwo abasirikare ba mbere barava k’u butaka bwa RDC kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 03/12/2023, berekeza i Nairobi muri Kenya.

Byavuzwe ko iz’Ingabo kuri uyu wa Gatanu, tariki 01/12/2023, bavanye abasirikare babo bari mu bice bya Kanaba homuri Grupema ya Tongo, teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru abandi n’abo bari mubice bya Grupema ya Kibumba kuri uyu wo ku wa Gatandatu, dusoje Ingabo za EACRF zikomoka muri Kenya, bagaragaye bazinga ibyabo mu buryo bwo kwitegura, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Gusa umugaba Mukuru w’ingabo za EACRF yaheruka gusura Ingabo z’uyu muryango ziva mu Burundi ziri i Mubambiro, aho yahise abakomeza abasaba gukora inshingano zabo.

Gen Francis Ogolla, kuri uyu wo ku wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, yashimiye ingabo zose z’uyu muryango wa EAC ziri mu Burasirazuba bwa RDC kuba zarageze kuntambwe ishimishije kubijanye no kubungabunga amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca RDC.

Yagize ati: “Iyo uhawe Ubutumwa jya ugerageza ubukore kinyamwuga kandi ubukore nk’uko bikwiye. Gerageza urwane kundanga gaciro yawe kumico nimigenzo y’ibyo ushinzwe.”

Ingabo za EACRF ziri m’ubutumwa bw’amahoro hariya mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nka bakomoka Kenya bari bahamaze igihe kingana n’umwaka umwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Abambere barava k'u butaka bwa RDC uyumunsi ku Cyumweru tariki 03/12/2023Abasirikare ba KenyaEACRF
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Shema Steven, w'imyaka 24 y'amavuko, afungiwe i Goma azira ubwoko bwe Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?