• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abambere mu basirikare ba Kenya bari mu butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC baratangira kuva i Goma uy’umunsi.

minebwenews by minebwenews
December 3, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ku gitutu cya leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ingabo zambere z’Ingabo za Kenya ziri m’u butumwa bw’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC k’urwego rwa EAC baratangira kuva i Goma berekeza i Nairobi mu gihugu ca Kenya kuriki Cyumweru.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Nk’uko ibinyamakuru bya RDC byatangiye kuvuga iy’inkuru n’uko ziriya Ngabo za EACRF zishinjwa n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi kuba barananiwe kubahiriza inshingano zabo ntibarwanya u mutwe wa M23, kuri ubwo abasirikare ba mbere barava k’u butaka bwa RDC kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 03/12/2023, berekeza i Nairobi muri Kenya.

Byavuzwe ko iz’Ingabo kuri uyu wa Gatanu, tariki 01/12/2023, bavanye abasirikare babo bari mu bice bya Kanaba homuri Grupema ya Tongo, teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru abandi n’abo bari mubice bya Grupema ya Kibumba kuri uyu wo ku wa Gatandatu, dusoje Ingabo za EACRF zikomoka muri Kenya, bagaragaye bazinga ibyabo mu buryo bwo kwitegura, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Gusa umugaba Mukuru w’ingabo za EACRF yaheruka gusura Ingabo z’uyu muryango ziva mu Burundi ziri i Mubambiro, aho yahise abakomeza abasaba gukora inshingano zabo.

Gen Francis Ogolla, kuri uyu wo ku wa Gatandatu, tariki 02/12/2023, yashimiye ingabo zose z’uyu muryango wa EAC ziri mu Burasirazuba bwa RDC kuba zarageze kuntambwe ishimishije kubijanye no kubungabunga amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca RDC.

Yagize ati: “Iyo uhawe Ubutumwa jya ugerageza ubukore kinyamwuga kandi ubukore nk’uko bikwiye. Gerageza urwane kundanga gaciro yawe kumico nimigenzo y’ibyo ushinzwe.”

Ingabo za EACRF ziri m’ubutumwa bw’amahoro hariya mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo nka bakomoka Kenya bari bahamaze igihe kingana n’umwaka umwe.

Bruce Bahanda.

Tags: Abambere barava k'u butaka bwa RDC uyumunsi ku Cyumweru tariki 03/12/2023Abasirikare ba KenyaEACRF
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post

Shema Steven, w'imyaka 24 y'amavuko, afungiwe i Goma azira ubwoko bwe Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?