
I Buvira, homu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo, kuruyu wa Gatandatu, tariki 02, zukwezi kwa Cyenda, uyumwaka habaye igikorwa cyogutanga ubufasha ku byishuri, by’Abana bafite base baguye kurugamba. Aba bana bakaba arabana biga mu Mashuri abanza . Ni gikorwa cakozwe n’ishirahamwe ry’ubumwe bw’Abana ba basirikare ba bakongomani, mu magambo ahinye bivuze ( UEMCD).

Mu makuru Minembwe Capital News yabwiwe nuko Abana babashe kubona ubu bufasha bagera kuri 200. Aba bifashe bose nabafite base baguye mu ntambara zagiye ziba muri Republika ya Democrasi ya Congo, ahanini Muburasirazuba bwa Congo Kinshasa.
Mubyo babashe kubaha harimo ibikoresho bakoresha mu Mashuri burumwe, yahabwaga Amakaye 10 ni karamu 3, Latte ndetse na Crayon udasize na Etui yo kubitwaramo.”

Uyu Muhango ukaba warabereye neza ahitwa Estagrico.
Ntabyinshi byatangajwe kuriki gikorwa gusa byavuzwe ko arigikorwa kizakomeza kubaho.

By Bruce Bahanda.
Tariki 03.09.2023.