• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abandi basivile batatu baraye bishwe i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2024
in Regional Politics
0
Abandi basivile batatu baraye bishwe i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubwicanyi bukorerwa abasivile i Goma, ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bukomeje gufata indi ntera.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni muri iri joro ryakeye rishira kuri uyu wa Kane tariki ya 11/04/2024, abandi bantu batatu baraye bishwe barashwe n’abantu bari bitwaje imbunda, nk’uko ibi byatangajwe n’ubuyobozi bwa polisi.

Ubuyobozi bwa Polisi buvuga ko ahagana isaha z’umugoroba kwaribwo abantu batatu bari mu mudoka bavuye muri bank, gufata ifaranga zabo maze baraswa n’abantu bari bitwaje imbunda barapfa.

Polisi ivuga kandi ko ubwicanyi bukomeje kwiyongera ko ndetse no mu ijoro ryo ku wa Kabiri rishira ku wa Gatatu harashwe abandi bantu batatu nyuma y’uko bari binjiye muri restaurant gufata ifunguro, aha herereye muri Quartier ya Majengo baraswa n’abantu nabo bari bitwaje imbunda birangira bahasize ubuzima.

Polisi ikomeza ivuga ko kubera umutekano muke n’imfu zikomeje kwibasira abasivile byatumye ba bimenyesha Maya w’u Mujyi(maire de la ville) Faustin Kapend, kugira ngo agire ikindi akora.

Polisi ikaba yasoje ivuga ko kuri uyu wa Kane hari buze kuba ibiganiro bihuza abaturage baturiye u Mujyi wa Goma n’abashinzwe umutekano mu rwego rwo kurebera hamwe uko umutekano wafatirwa ingamba zikaze.

Kwica abasivile kibandi byarushijeho kwiyongera mu Mujyi wa Goma muri uyu mwaka w ‘ 2024, ni mu gihe ikibandi cyatangiye kuvugwa cyane mu mpera z’u mwaka ushize.

Ubuhamya butangwa n’abasivile baturiye i Goma, buvuga ko ubwicanyi bukorerwa abasivile ko bukorwa na Wazalendo, bazwiho gufasha Igisirikare cya leta ku rwanya M23.

          MCN.
Tags: AbasivileBarayebishweBatatun'Abantu bitwaje imbunda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bya misile na drone by’ingabo z’u Burusiya byangirije ibirimo n’umuriro wa mashanyarazi mu gihugu cya Ukraine.

Ibitero bya misile na drone by'ingabo z'u Burusiya byangirije ibirimo n'umuriro wa mashanyarazi mu gihugu cya Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?