Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo kwa magana perezida Trump.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 20, 2025
in World News
0
Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo  kwa magana perezida Trump.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo kwa magana perezida Trump.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, abantu ibihumbi bitabiriye imyigaragambyo yo kwa magana ibikorwa bya perezida Donald Trump aherutse gukora.

Ni imyigaragambyo yakozwe ku wa gatandatu tariki ya 19/04/2025, aho yabereye mu bice bitandukanye harimo iyabereye hanze y’ibiro bya perezida wa Amerika, n’indi yakorewe hanze y’inzu z’ubucuruzi za kompanyi Tesla y’umuhewe Elon Musk, uri mubayobozi ba Amerika bakomeye kuko ni umubajyanama wa Trump.
Abigaragambyaga binubiraga ibibazo bitandukanye. Benshi basabye ko Kilmar Abrego Garcia, woherejwe muri El Salvador habayeho ku mwibeshyaho asubizwa muri Amerika.

Iyi myigaragambyo ikaba yariswe 50501, bishatse kuvuga imyigaragambyo 50, Leta 50, igikorwa cya mbere. Yari yo guhurirana n’isabukuru y’imyaka 250 ishyize intambara y’impinduramatwara irangiye.

Igenzura ryakozwe vuba aha cyane ry’ikigo Gallup ryumvikanishije ko 45% by’abatora ari bo bashyigikiye imikorere ya Trump muri aya mezi atatu abanza y’ubutegetsi bwe, iryo janisha rikaba riruta irya 41% bari bashyigikiye imikorere ye mu gihe nk’icyo cy’amezi atatu ya mbere yo kuri manda ye ya mbere.

Muri abo bigaragambyaga, hagaragaye umugore ufite icyapa cyanditseho ngo “Irukane Trump umujyane muri El Salvador.” Uwo mugore yanagaragaye ari imbere ya White House(ibiro bikuru by’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika).

Tags: AmerikaImyigaragambyoTrump
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya. Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy'amateka...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?