Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo kwa magana perezida Trump.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 20, 2025
in World News
0
Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo  kwa magana perezida Trump.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo kwa magana perezida Trump.

You might also like

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, abantu ibihumbi bitabiriye imyigaragambyo yo kwa magana ibikorwa bya perezida Donald Trump aherutse gukora.

Ni imyigaragambyo yakozwe ku wa gatandatu tariki ya 19/04/2025, aho yabereye mu bice bitandukanye harimo iyabereye hanze y’ibiro bya perezida wa Amerika, n’indi yakorewe hanze y’inzu z’ubucuruzi za kompanyi Tesla y’umuhewe Elon Musk, uri mubayobozi ba Amerika bakomeye kuko ni umubajyanama wa Trump.
Abigaragambyaga binubiraga ibibazo bitandukanye. Benshi basabye ko Kilmar Abrego Garcia, woherejwe muri El Salvador habayeho ku mwibeshyaho asubizwa muri Amerika.

Iyi myigaragambyo ikaba yariswe 50501, bishatse kuvuga imyigaragambyo 50, Leta 50, igikorwa cya mbere. Yari yo guhurirana n’isabukuru y’imyaka 250 ishyize intambara y’impinduramatwara irangiye.

Igenzura ryakozwe vuba aha cyane ry’ikigo Gallup ryumvikanishije ko 45% by’abatora ari bo bashyigikiye imikorere ya Trump muri aya mezi atatu abanza y’ubutegetsi bwe, iryo janisha rikaba riruta irya 41% bari bashyigikiye imikorere ye mu gihe nk’icyo cy’amezi atatu ya mbere yo kuri manda ye ya mbere.

Muri abo bigaragambyaga, hagaragaye umugore ufite icyapa cyanditseho ngo “Irukane Trump umujyane muri El Salvador.” Uwo mugore yanagaragaye ari imbere ya White House(ibiro bikuru by’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika).

Tags: AmerikaImyigaragambyoTrump
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?