• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo kwa magana perezida Trump.

minebwenews by minebwenews
April 20, 2025
in World News
0
Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo  kwa magana perezida Trump.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu babarirwa mu bihumbi bakoze imyigaragambyo yo kwa magana perezida Trump.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, abantu ibihumbi bitabiriye imyigaragambyo yo kwa magana ibikorwa bya perezida Donald Trump aherutse gukora.

Ni imyigaragambyo yakozwe ku wa gatandatu tariki ya 19/04/2025, aho yabereye mu bice bitandukanye harimo iyabereye hanze y’ibiro bya perezida wa Amerika, n’indi yakorewe hanze y’inzu z’ubucuruzi za kompanyi Tesla y’umuhewe Elon Musk, uri mubayobozi ba Amerika bakomeye kuko ni umubajyanama wa Trump.
Abigaragambyaga binubiraga ibibazo bitandukanye. Benshi basabye ko Kilmar Abrego Garcia, woherejwe muri El Salvador habayeho ku mwibeshyaho asubizwa muri Amerika.

Iyi myigaragambyo ikaba yariswe 50501, bishatse kuvuga imyigaragambyo 50, Leta 50, igikorwa cya mbere. Yari yo guhurirana n’isabukuru y’imyaka 250 ishyize intambara y’impinduramatwara irangiye.

Igenzura ryakozwe vuba aha cyane ry’ikigo Gallup ryumvikanishije ko 45% by’abatora ari bo bashyigikiye imikorere ya Trump muri aya mezi atatu abanza y’ubutegetsi bwe, iryo janisha rikaba riruta irya 41% bari bashyigikiye imikorere ye mu gihe nk’icyo cy’amezi atatu ya mbere yo kuri manda ye ya mbere.

Muri abo bigaragambyaga, hagaragaye umugore ufite icyapa cyanditseho ngo “Irukane Trump umujyane muri El Salvador.” Uwo mugore yanagaragaye ari imbere ya White House(ibiro bikuru by’umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika).

Tags: AmerikaImyigaragambyoTrump
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

Hamenyekanye igihugu Israel igambiriye kugabamo igitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?