• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2025
in Conflict & Security
0
Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

You might also like

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Igitero gishya cya FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo avuga ko muri iri joro hishwe abantu babiri kandi ko bishwe barashwe n’inzego zishinzwe umutekano zo muri iki gice.

Ahagana igihe c’isaha ya saa mbiri zo muri iri joro ryo ku itariki ya 29/04/2025, ni bwo bariya bantu bitwaje intwaro bishe barashe abantu babiri mu mujyi wa Uvira.

Abishwe barimo umusore w’imyaka 25 y’amavuko n’undi na none nawe ufite imyaka 28, nk’uko umwirondoro wabo ubigaragaza.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko aba bombi biciwe muri Quartier ya Songo, iherereye muri komine ya Kalundu ho mu mujyi wa Uvira.

Ni mu gihe umurambo w’umwe muri aba bishwe watoraguwe neza iruhande rw’isoko yo muri iriya Quartier ya Songo, undi nawo utoragurwa aho hafi, ahari stade.

Aya makuru nanone asobanura ko bariya bishwe atari imvukire zo muri iriya Quartier hubwo ko ari abantu bahazanwe n’inzego zishinzwe umutekano zirahabicira.

Aya makuru agira ati: “Bamaze kwicira abantu babiri muri Quartier Songo. Bishwe n’abakora mu nzego zishinzwe umutekano.”

Uvira n’inkengero zayo ziracyagerageza n’uruhande rwa Leta, bikavugwa ko ari bo bishe bariya bantu babiri.

Nyuma y’iyicwa ryabariya bantu, amasasu yahise atangira kuvugira muri Quartier Gasenga, ariko nk’uko MCN imaze guhabwa ayo makuru avuga ko ari Wazalendo basubiranyemo n’ingabo za FARDC.

Kimwe nuko kandi n’ubushyize mu mpera z’iki cyumweru tuvuyemo, izi mpande zombi zasubiranyemo zirwanira mu mujyi wa Uvira.

Ni imirwano bivugwa ko yaguyemo abasirikare ba Leta benshi, ndetse kandi n’abambari babo barimo Ingabo z’u Burundi iza Congo n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Tags: Abantu babiriSongoUvira
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w'ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira Abarwanyi bibumbiye mu cyiswe Wazalendo bakorana byahafi n'u Butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya...

Read moreDetails

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z’u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke

Twirwaneho yavundereje bikomeye ingabo z'u Burundi zayigabyeho igitero mu Mikenke Nyuma y'aho Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n'iz'u Burundi hamwe n'imitwe yitwaje intwaro irimo...

Read moreDetails

Igitero gishya cya FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Igitero gishya cya FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

Igitero gishya cya FARDC, FDLR n'Ingabo z'u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ririmo FARDC, FDLR, ingabo z'u...

Read moreDetails

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b'ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane...

Read moreDetails

Uwateye ku Bilalombili no mu Rugezi yasubijwe inyuma

by Bahanda Bruce
September 3, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Uwateye ku Bilalombiri no mu Rugezi yasubijwe inyuma Ibitero by'ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo byazindutse bigabwa mu bice bya Bilalombiri mu Mikenke muri teritware ya...

Read moreDetails
Next Post
Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe na M23.

M23 yafashe uduce dutatu turi hafi n'ikibaya cya Rusizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?