• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

minebwenews by minebwenews
April 29, 2025
in Conflict & Security
0
Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu babiri bishwe barashwe i Uvira muri iri joro.

You might also like

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje

Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo avuga ko muri iri joro hishwe abantu babiri kandi ko bishwe barashwe n’inzego zishinzwe umutekano zo muri iki gice.

Ahagana igihe c’isaha ya saa mbiri zo muri iri joro ryo ku itariki ya 29/04/2025, ni bwo bariya bantu bitwaje intwaro bishe barashe abantu babiri mu mujyi wa Uvira.

Abishwe barimo umusore w’imyaka 25 y’amavuko n’undi na none nawe ufite imyaka 28, nk’uko umwirondoro wabo ubigaragaza.

Iyi nkuru ikomeza ivuga ko aba bombi biciwe muri Quartier ya Songo, iherereye muri komine ya Kalundu ho mu mujyi wa Uvira.

Ni mu gihe umurambo w’umwe muri aba bishwe watoraguwe neza iruhande rw’isoko yo muri iriya Quartier ya Songo, undi nawo utoragurwa aho hafi, ahari stade.

Aya makuru nanone asobanura ko bariya bishwe atari imvukire zo muri iriya Quartier hubwo ko ari abantu bahazanwe n’inzego zishinzwe umutekano zirahabicira.

Aya makuru agira ati: “Bamaze kwicira abantu babiri muri Quartier Songo. Bishwe n’abakora mu nzego zishinzwe umutekano.”

Uvira n’inkengero zayo ziracyagerageza n’uruhande rwa Leta, bikavugwa ko ari bo bishe bariya bantu babiri.

Nyuma y’iyicwa ryabariya bantu, amasasu yahise atangira kuvugira muri Quartier Gasenga, ariko nk’uko MCN imaze guhabwa ayo makuru avuga ko ari Wazalendo basubiranyemo n’ingabo za FARDC.

Kimwe nuko kandi n’ubushyize mu mpera z’iki cyumweru tuvuyemo, izi mpande zombi zasubiranyemo zirwanira mu mujyi wa Uvira.

Ni imirwano bivugwa ko yaguyemo abasirikare ba Leta benshi, ndetse kandi n’abambari babo barimo Ingabo z’u Burundi iza Congo n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR.

Tags: Abantu babiriSongoUvira
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abanyamulenge mu Bihe Bikomeye by’Intambara: Nyabirori Yabasabye Ubumwe n’Umutima wo Gutabara Iwabo

Abanyamulenge Batuye Minembwe Bahaye Ubutumwa Abari mu Mahanga Mu Gihe Intambara Ikomeje Abaturage b’Abanyekongo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe, kari mu misozi miremire y'i...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe

AFC/M23 Yatangije Gahunda Yihariye yo Gusubukura Ubutabera mu Turere Twabohojwe Mu rwego rwo kugarura ubutabera mu turere twari twaratewe n’ingaruka z’intambara, Délion Kimbulungu, Perezida wa Komisiyo ishinzwe Gusubukura...

Read moreDetails

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje

Kinshasa: Hatangijwe Igikorwa cyo Kuvugurura Stade des Martyrs, Impaka ku Ngurane n’Umutekano w’Abaturage Zirakomeje Mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, i Kinshasa, ku munsi w’ejo...

Read moreDetails
Next Post
Imisozi ihanamiye Kaziba yigaruriwe na M23.

M23 yafashe uduce dutatu turi hafi n'ikibaya cya Rusizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?