• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye muri Luna ho mu gihugu cya RDC.

minebwenews by minebwenews
May 14, 2024
in World News
0
Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye  muri Luna ho mu gihugu cya  RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu barenga 10 bishwe batemaguwe abandi bahira mu mazu; byabereye mu bice byo muri Luna ho mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni kuri uyu wa Mbere tariki ya 13/05/2024, Abantu bagera ku icumi n’umwe bishwe na ADF-Nalu, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Amani TV.

Rutangaza ko abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF ku munsi w’ejo hashize biraye mu baturage baturiye agace ka Luna ho mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bica abasivile bagera ku icumi n’umwe.

Rugasobanura ko mu bishwe harimo abicishijijwe imihoro abandi batwikirwa mu mazu. Ay’amakuru atangwa nuru rubuga agahamya ko ubwo bugizi bwa nabi ko bwakoze na ADF.

Mu gihe kitarenze amezi atanu muri ibyo bice hamaze gupfa abantu babarirwa mu magana, abandi benshi bavanwe mu byabo harimo n’abagiye baburirwa irengero.

Ibyo bikorwa bibi bikorwa n’inyeshamba za ADF bikorerwa mu maso y’ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo.

Kimweho ubutegetsi bwa Kinshasa bwagiye bw’u mvikana mu matangzo ko bugiye gukora ibishoboka byose kugira ngo bugoboke abaturage n’ubwo ubwo bugizi bwa nabi bumaze igihe bukorerwa abasivile mu Ntara ya Ituri.

                MCN.
Tags: 11Abandi batwitsweAbantuBatemaguweBishweIcumi n'umweIturiLuna
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y’urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.

Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y'urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?