
Addis-Abeba Ethiopia.
Abarenga 50 bishwe nimitwe yitwaje intwaro, muri Ethiopia muntara ya Oromiya.
Intara ya Oromiya, izwi kuba arintara ituwemo nubwoko bwambere, bugira abantu benshi muriki gihugu, gusa amoko aturiye iyi ntara bagirana amakimbirane ndetse nibibazo bya politike na reta ya Addis Ababa kubera kutitabwaho na leta yiki gihugu.
Muri raporo yatanzwe nuhagarariye uburenganzira bwaki remwa muntu mugihugu yagize ati : “Ubwicanyi bwabaye muruku kwezi kwa kabiri kuminsi 2 bwari bwibasiriye impunzi zabanyagihugu zahungiye mumuryi wa “Ano” urimubilometere bigera muri 380 muburengerazuba numuryi mukuru wa addis Ababa.
Ikigitero kikaba gishinjwa OLA ( Oromo Liberation Army ) , nayo ikaba ntaco ibivugaho.