• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abantu benshi bishwe batemaguwe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2024
in Regional Politics
0
Abantu benshi bishwe batemaguwe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu benshi bishwe na barwanyi ba ADF, mu bice byo muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Abishwe ni abantu barenga icumi na batandatu, bakaba bishwe n’inyeshamba za ADF zirwanya ubutegetsi bwa Uganda.

Ay’amakuru avuga ko aba bantu bishwe ku itariki ya 04/06/2024, ngo bakaba barishwe kubera ko aka gace biciwemo kari katakigenzurwa n’abasirikare ba FARDC ahubwo ko kari gasigayemo abapolisi babiri gusa, nk’uko sosiyete sivile yatangaje ay’amakuru.

Ay’amakuru yatanzwe na sosiyete sivile akomeza avuga ko imirambo yabishwe ko yabonetse mu gitondo cyo ku itariki ya 05/06/2024, ariko ngo hari n’abandi benshi baburiwe irengero. Ubuyobozi bwasobanuye ko aba bagizi banabi banasize batwitse inzu zine z’abaturage. Ibi ngo bikaba byabereye neza mu gace kitwa Masasu ko muri iy’i teritware ya Beni.

Umuyobozi wo muri aka gace, Fabien Kakule Viriro, yatangarije ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters ko umutwe wa ADF ari wo wagabye iki gitero. Yagize ati: “Tuzi ko ADF ari yo yagabye iki gitero. Abaturage babonye abarwanyi bawo bavuye muri aka gace, baraza bica abasivile.”

Muri teritware ya Beni isanzwe ikoreramo ingabo za FARDC n’iza Uganda ziri mu bikorwa byo ku rwanya ADF kuva mu mpera z’u mwaka w’ 2021. Nubwo ingabo za leta zemeza ko zirinze umutekano wa baturage muri ibi bice, ariko ntibibuza ko umwanzi abaca muri humye, akagaba ibitero by’iterabwoba mu basivile, bikarangira bigize abo bihitana.

             MCN.
Tags: BeniHishwe abantu 16
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru arambuye ku ngabo ninshi za FARDC zageze muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Burasirazuba bwa RDC.

Amakuru arambuye ku ngabo ninshi za FARDC zageze muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?