Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abantu benshi bishwe batemaguwe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 6, 2024
in Regional Politics
0
Abantu benshi bishwe batemaguwe, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu benshi bishwe na barwanyi ba ADF, mu bice byo muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abishwe ni abantu barenga icumi na batandatu, bakaba bishwe n’inyeshamba za ADF zirwanya ubutegetsi bwa Uganda.

Ay’amakuru avuga ko aba bantu bishwe ku itariki ya 04/06/2024, ngo bakaba barishwe kubera ko aka gace biciwemo kari katakigenzurwa n’abasirikare ba FARDC ahubwo ko kari gasigayemo abapolisi babiri gusa, nk’uko sosiyete sivile yatangaje ay’amakuru.

Ay’amakuru yatanzwe na sosiyete sivile akomeza avuga ko imirambo yabishwe ko yabonetse mu gitondo cyo ku itariki ya 05/06/2024, ariko ngo hari n’abandi benshi baburiwe irengero. Ubuyobozi bwasobanuye ko aba bagizi banabi banasize batwitse inzu zine z’abaturage. Ibi ngo bikaba byabereye neza mu gace kitwa Masasu ko muri iy’i teritware ya Beni.

Umuyobozi wo muri aka gace, Fabien Kakule Viriro, yatangarije ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters ko umutwe wa ADF ari wo wagabye iki gitero. Yagize ati: “Tuzi ko ADF ari yo yagabye iki gitero. Abaturage babonye abarwanyi bawo bavuye muri aka gace, baraza bica abasivile.”

Muri teritware ya Beni isanzwe ikoreramo ingabo za FARDC n’iza Uganda ziri mu bikorwa byo ku rwanya ADF kuva mu mpera z’u mwaka w’ 2021. Nubwo ingabo za leta zemeza ko zirinze umutekano wa baturage muri ibi bice, ariko ntibibuza ko umwanzi abaca muri humye, akagaba ibitero by’iterabwoba mu basivile, bikarangira bigize abo bihitana.

             MCN.
Tags: BeniHishwe abantu 16
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru arambuye ku ngabo ninshi za FARDC zageze muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Burasirazuba bwa RDC.

Amakuru arambuye ku ngabo ninshi za FARDC zageze muri Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?