
Inkongi y’umuriro y’ibasiriye inkambi yabavuye mubyabo i Kalehe.
Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 7:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Uyumunsi kw’itariki 19/08/2023, ibyago byongeye kwibasira inkambi yabahunze bava Nyamukubi na Bushusha homuri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mu gihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.
N’ibyago byavuzwe ko ari Inkongi y’umuriro, yibasiriye iyi Nkambi yarizwi ko ariya gateganyo kubaherukaga guhunga bava mubyabo muribi bice twavuze harugu . Aho bivugwa ko bahunze iyo Mihana bivuye kumyuzure yateye mu minsi ishize ni myuzure yasize ihitanye aba barigwa mu magana atatu arenga.
Mu makuru Minembwe Capital News, tumaze kwakira nuko iyo nkongi y’umuriro yatwitse iyo Nkambi, Soseyete sivile yemeje ko hamaze kuboneka imirambo yabantu 8 harimo Abana n’abakuru, gusa iyi ikaba ari mibari yagatenyo nkuko ubwo buyobozi bwa bitangaje.
Icaba cyateye iyonkongi y’umuriro kikaba kitaratangwazwa.