• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2025
in Regional Politics
0
Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Abaturage batuye i Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora ngo kuko bakomeje imirimo ya Leta y’i Kinshasa kandi iyi ntara iyobowe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Ni mu butumwa bwanditse umuturage utuye i Kaziba yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com aho ubwo butumwa bugira buti: “Kuva ku wa gatandatu w’icyumweru gishyize, ibiro bya cheferi ya Kaziba n’izindi serivise za Leta zirigukora. Kandi bararihisha ama-taxes.”

Bunasobanura ko ari ya ma-taxes arihishwa mu masoko, no ku mihanda, ariko ko arihishwa ku mihanda yo arihishwa igihe c’isaha z’umugoroba gusa.

Uyu muturage muri ubu butumwa yatanze akaba yibaza ibi bibazo: “Ese ari ya mafaranga barihisha bayajana he? Raporo ijanwa muri AFC i Bukavu, cyangwa?”

Yavuze kandi ko i Kaziba bo bagikora nk’aho ari aba Leta y’i Kinshasa, ibikomeje gucyanganyikisha benshi muri ibi bice. Ariko nubwo yibaza ibi bibazo, ariko aka gace karacyagenzurwa n’abarwanyi bo ku ruhande rwa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yibajije ibi mu gihe umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho bigaruriye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo, mu byumweru bibiri bishyize.

Ndetse aha’rejo iri huriro rya AFC ribarizwamo iriya mitwe ibiri ya gisirikare, ryashyizeho abayobozi bashya b’intara.
Mubayobozi bashyizweho harimo guverineri n’abavisi guverineri babiri. Biteganyijwe kandi ko himikwa n’izindi nzego zirimo na Meya w’uyu mujyi wa Bukavu.

Tubibutsa ko i Kaziba ni cheferi ibarizwa muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: Ama-taxesKazibaUrujijo
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano yabaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo z’u Burundi mu misozi miremire.

Iby'imirwano yabaye hagati ya Twirwaneho n'ingabo z'u Burundi mu misozi miremire.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?