Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 1, 2025
in Regional Politics
0
Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Abaturage batuye i Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora ngo kuko bakomeje imirimo ya Leta y’i Kinshasa kandi iyi ntara iyobowe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Ni mu butumwa bwanditse umuturage utuye i Kaziba yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com aho ubwo butumwa bugira buti: “Kuva ku wa gatandatu w’icyumweru gishyize, ibiro bya cheferi ya Kaziba n’izindi serivise za Leta zirigukora. Kandi bararihisha ama-taxes.”

Bunasobanura ko ari ya ma-taxes arihishwa mu masoko, no ku mihanda, ariko ko arihishwa ku mihanda yo arihishwa igihe c’isaha z’umugoroba gusa.

Uyu muturage muri ubu butumwa yatanze akaba yibaza ibi bibazo: “Ese ari ya mafaranga barihisha bayajana he? Raporo ijanwa muri AFC i Bukavu, cyangwa?”

Yavuze kandi ko i Kaziba bo bagikora nk’aho ari aba Leta y’i Kinshasa, ibikomeje gucyanganyikisha benshi muri ibi bice. Ariko nubwo yibaza ibi bibazo, ariko aka gace karacyagenzurwa n’abarwanyi bo ku ruhande rwa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yibajije ibi mu gihe umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho bigaruriye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo, mu byumweru bibiri bishyize.

Ndetse aha’rejo iri huriro rya AFC ribarizwamo iriya mitwe ibiri ya gisirikare, ryashyizeho abayobozi bashya b’intara.
Mubayobozi bashyizweho harimo guverineri n’abavisi guverineri babiri. Biteganyijwe kandi ko himikwa n’izindi nzego zirimo na Meya w’uyu mujyi wa Bukavu.

Tubibutsa ko i Kaziba ni cheferi ibarizwa muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: Ama-taxesKazibaUrujijo
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano yabaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo z’u Burundi mu misozi miremire.

Iby'imirwano yabaye hagati ya Twirwaneho n'ingabo z'u Burundi mu misozi miremire.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?