• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2025
in Regional Politics
0
Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanya-Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Abaturage batuye i Kaziba batewe urujijo n’ibyo ubuyobozi bwaho buri gukora ngo kuko bakomeje imirimo ya Leta y’i Kinshasa kandi iyi ntara iyobowe n’ihuriro ry’imitwe ya politiki n’iyagisirikare rya Alliance Fleuve Congo(AFC).

Ni mu butumwa bwanditse umuturage utuye i Kaziba yahaye ubwanditsi bwa Minembwe.com aho ubwo butumwa bugira buti: “Kuva ku wa gatandatu w’icyumweru gishyize, ibiro bya cheferi ya Kaziba n’izindi serivise za Leta zirigukora. Kandi bararihisha ama-taxes.”

Bunasobanura ko ari ya ma-taxes arihishwa mu masoko, no ku mihanda, ariko ko arihishwa ku mihanda yo arihishwa igihe c’isaha z’umugoroba gusa.

Uyu muturage muri ubu butumwa yatanze akaba yibaza ibi bibazo: “Ese ari ya mafaranga barihisha bayajana he? Raporo ijanwa muri AFC i Bukavu, cyangwa?”

Yavuze kandi ko i Kaziba bo bagikora nk’aho ari aba Leta y’i Kinshasa, ibikomeje gucyanganyikisha benshi muri ibi bice. Ariko nubwo yibaza ibi bibazo, ariko aka gace karacyagenzurwa n’abarwanyi bo ku ruhande rwa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yibajije ibi mu gihe umutwe wa m23 n’uwa Twirwaneho bigaruriye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Epfo, mu byumweru bibiri bishyize.

Ndetse aha’rejo iri huriro rya AFC ribarizwamo iriya mitwe ibiri ya gisirikare, ryashyizeho abayobozi bashya b’intara.
Mubayobozi bashyizweho harimo guverineri n’abavisi guverineri babiri. Biteganyijwe kandi ko himikwa n’izindi nzego zirimo na Meya w’uyu mujyi wa Bukavu.

Tubibutsa ko i Kaziba ni cheferi ibarizwa muri teritware ya Walungu, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Tags: Ama-taxesKazibaUrujijo
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imirwano yabaye hagati ya Twirwaneho n’ingabo z’u Burundi mu misozi miremire.

Iby'imirwano yabaye hagati ya Twirwaneho n'ingabo z'u Burundi mu misozi miremire.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?