• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanya-Uvira baburiwe kwirinda kugera mu duce byavuzwe ko Wazalendo badufunze

minebwenews by minebwenews
September 2, 2025
in Conflict & Security
0
Nyuma y’aho Gen Gasita ageze i Uvira, ibintu byarushijeho kuba bibi cyane
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanya-Uvira baburiwe kwirinda kugera mu duce byavuzwe ko Wazalendo badufunze

You might also like

Ingabo z’u Burundi zakoreye Abanyamulenge igikorwa cyababaje abari ku misozi bose y’i Mulenge

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

Abanyamulenge bari Uvira n’abahazindukira, baburiwe kwirinda cyane muri iki gihe, ngo kuko Wazalendo bashobora kubagirira nabi kandi ko bafunze ibiraro bimwe birimo n’icya Mulongwe, bityo bakwiye kutahagera.

Bikubiye mu butumwa bwanditse bugufi twahawe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kabiri tariki ya 02/09/2025.

Aho ubwo butumwa bugira buti: “Twamenye ko Wazalendo bafunze ikiraro cya Molongwe, n’icya Kavimvira, rero bisaba kuba maso ahanini ku Banyamulenge.”

Burakomeza buti: “Abazindukuruka n’abazindukira aha Uvira, ndetse n’abasangwa, ni byiza kwirinda kunyura muri turiya duce.”

Nubwo aha muri Uvira hari hasanzwe umwuka mubi w’amacakubiri, ariko warushijeho kuba mubi cyane nyuma y’aho General Olivier Gasita ahagereye ku munsi w’ejo hashize.

Ni mu gihe uyu musirikare ufite ipeti rya General wo muri FARDC, yahaje ariko Wazalendo batabishaka, bavuga ko ari umwanzi kimwe n’abandi bose. Bamushinja gutanga umujyi wa Bukavu mu maboko ya AFC/M23/MRDP no kuba kandi ari Umunyamulenge.

Umunyamulenge muri iki gihugu afatwa nk’umwanzi. Bagiye babica, bakarya inyama zabo, abandi bakabatwika bagakongoka atari ibyaha babaziza ahubwo babaziza isura yabo n’ubwoko bwabo.

Gasita kuza i Uvira yahatumwe na Leta y’i Kinshasa, ariko ibi Wazalendo ntibabikozwa. Bikaba byakomeje kongera ubwoba mu butaruge, ndetse n’ubugome bwa Wazalendo ku bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bukaba bwarushijeho kwiyongera.

Tags: AbanyamulengeAmakuru mabiUvira
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ingabo z’u Burundi zakoreye Abanyamulenge igikorwa cyababaje abari ku misozi bose y’i Mulenge

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Ingabo z'u Burundi zakoreye Abanyamulenge igikorwa cyababaje abari ku misozi bose y'i Mulenge Abanyamulenge bari berekeje ku isoko imwe basigaranye baboneramo ibintu byose byibanze ya Mitamba, birimo "umunyu...

Read moreDetails

Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abasirikare bafunzwe nyuma y’igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa

Abasirikare bafunzwe nyuma y'igikorwa kibi bakoreye mu ruhame i Kinshasa Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagaragaye mu mujyi wa Kinshasa bambika ubusa umugore witwa Honorine Porche...

Read moreDetails

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili

RDC: Imitwe itutu yitwaje intwaro irashinjwa ubugizi bwa nabi ku basivili Imitwe itutu yitwaje intwaro ya Wazalendo isanzwe ifatanya n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana n'ihuriro...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

Ingabo z'u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y'Epfo Igisirikare cy'u Burundi kiravugwaho kongera abasirikare bacyo mu bice bitandukanye muri Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 2 yashyinguye aha’rejo.

Perezida Tshisekedi yazamuye mu ntera abasirikare bakuru 2 yashyinguye aha'rejo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?