Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n’amahame ya gikirisitu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 11, 2024
in Uncategorized
0
Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n’amahame ya gikirisitu.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamerika ntibavuga rumwe ku bashaka ko bayoborwa n’amahame ya gikirisitu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bamwe mu baturage bayo bageze mu kigero cyo gutora, bifuza ko iki gihugu gikwiye kuyoborwa n’amahame ya gikirisitu. Ahanini abifuza ibyo biganjemo cyane cyane abo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, mu gihe Abademokarate bo badakozwa ibyo.

Hari itsinda ririmo abakomeye ryitwa ‘ReAwaken America,’ bivuze ngo kongera gukangura Amerika imaze imyaka itatu. Ir’itsinda ryashinzwe mu 2021, rishinzwe na Michael Flynn yahoze ari Lieutenant General mu ngabo z’iki gihugu cya Amerika.

Uyu musirikare ukomeye, yabayeho umujanama mu by’umutekano w’uwari perezida Donald Trump. Avuga ko yahagurukiye gushinga umutwe w’ingabo z’Imana, byanatumye akurikirwa n’abantu benshi barimo n’abashigikiye Donald Trump.

Abayoboke ba ‘ReAwaken America’ bagenda bazenguruka igihugu cyose bigisha abaturage ko igihugu cyugarijwe, ko kiri mu ntambara, ngo ntibabakunda kuko badakunda Yesu. Gusa ntawe batunga agatoki ngo bahite barasura abo ari bo, nk’uko ijwi ry’Amerika dukesha iy’inkuru ribivuga.

Ibi kandi bishimangirwa na Donald Trump uri mu bakandida mu matora y’umukuru w’igihugu yimirije kuba, aho avuga ati: “Twese turi abarwanyi mu rugamba rwo guhagarika ba rutwitsi, abatemera Imana, abashaka ko Isi iba nk’umudugudu n’abakomunisite. Kuko ni icyo bari cyo. Turangajwe imbere n’Imana, tuzasubizaho Repubulika yacu nk’igihugu kimwe, gifite ubwigenge n’ubutabera kuri bose.”

Abayoboke ba ‘ReAwaken America’ bemeza ko abanditse itegeko nshinga bashyizemo ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yubakiye ku mahame ya gikirisitu. Ariko bagahamya ko ibyo ntabirimo. Ahubwo bavuga ko buri wese afite uburenganzira bwo kwihitiramo idini ashaka.

Imyemerere yabo ituma barwanya uburenganzira bw’umugore bwo gukuramo inda ku bushake bwe biramutse bibaye ngombwa. Batandukanye n’Abademokarate. Visi perezida wa Repubulika, Kamala Harris, ni kandida wabo mu matora y’umukuru w’igihugu asigaje iminsi ibarirwa ku ntoki ngwabe.

Bavuga bati: “Mureke twemeranywe ku kintu kimwe, singombwa ko uta imyemerere yawe mu by’idini, cyangwa se kwibuza kwemera ko guverinema itakagombye kumubwira icyo akwiye gukora.”

Ikigo cy’ubushakashatsi “Pew Research Center” cy’i Washington DC, kivuga ko hafi kimwe cy’abaturage bose ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika batekereza ko Bibiliya yakagombye kuba icyitegererezo mu myandikire y’amategeko y’igihugu. Ariko na none, ku rundi ruhande batekereza ko Leta idakwiye kugendera kw’idini rya gikirisitu.

             MCN.
Tags: AmahameAmerikaGikirisituReAwaken America
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya kuri Bishop Jean Bosco wafunzwe azira ituro ryiswe iryamanyanga.

Byinshi wa menya kuri Bishop Jean Bosco wafunzwe azira ituro ryiswe iryamanyanga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?