• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Abanyamulenge bagiye kwibuka ku nshuro ya 21 ababo baguye mu Gatumba.

minebwenews by minebwenews
August 12, 2025
in sport & entertainment
0
Abanyamulenge bagiye kwibuka ku nshuro ya 21 ababo baguye mu Gatumba.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge bagiye kwibuka ku nshuro ya 21 ababo baguye mu Gatumba.

You might also like

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Ku munsi w’ejo tariki ya 13/08/2025, hazaba hashyize imyaka 21 habaye jenocide yakorewe Abanyamulenge mu Gatumba, ryari ijoro ry’amarira muri 2004 ubwo bagabye igitero binjira mu nkambi y’impunzi yari iherereye mu burengerazuba bw’u Burundi, bakica abantu barenga 150, benshi muri bo bari abagore n’abana.
Mu masaha akuze yo kuri uwo munsi, abagabye igitero byatangajwe ko ari umutwe wa FNL (Forces Nationales de Libération) bafatanyije n’indi mitwe yitwaje intwaro yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, batwitse amahema yarimo impunzi, banazirasiramo ziryamye. Abacitse ku icumu bibuka ibyababayeho, n’uburyo batereranywe n’imiryango mpuzamahanga irimo n’irengera uburenganzira bwa muntu. Ndetse kandi bibaza impamvu abakoze iriya jenocide batagezwa imbere y’ubutabera.

Bagasaba kandi RDC n’u Burundi, n’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, kugira icyo bikoze bagahagurukira iki kibazo cy’abarinyuma yibyabereye mu Gatumba, mu rwego rwo kugira ngo ubutabera bukorwe.

Kwibuka Abanyamulenge baguye mu Gatumba, si uguhanga amaso gusa ibyo bakorewe, ahubwo ni kugira ngo ibyabaye ntibikongere kuba.

inkambi y’ubuhungiro umurima w’amaraso.
Umuryango w’Abibumbye (ONU) n’imiryango mpuzamahanga iharanira uburenganzira bwa muntu yamaganye ubwo bwicanyi nk’ubugambiriye bushingiye ku bwoko. Ariko, hashize imyaka irenga makumyabiri nibiri, nta n’umwe uragezwa mu rukikongo akurikiranwe.
“Tumaranye imyaka 20 n’iyi mibabaro, ariko ubutabera ntiburaza,” umwe mu bacitse ku icumu yabwiye abari bitabiriye umuhango wokwibuka ushize. “Abana bacu barishwe nabi, amaraso yabo arataka asaba ubutabera.”
Uyu mwaka, uwo munsi wibukwa mu Gatumba ndetse no mu mahanga aho Abanyamulenge batuye, harimo amasengesho, igikorwa cyo kwatsa buji, ndetse n’ijambo rya bamwe mu bacitse ku icumu n’abaharanira uburenganzira bwa muntu. Abategura bavuga ko intego atari ukuririra abishwe gusa, ahubwo ari no kongera gusaba ubutabera n’ukwemera ku rwego rwa leta n’urw’isi yose.
Imiryango nka Human Rights Watch, Ishami rya ONU ryita ku mpunzi (HCR) n’ihuriro ry’abacitse ku icumu bakomeje gusaba Uburundi, DRC, ndetse n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) kugira icyo bakora. Mu 2024, hatanzwe ibirego bishya mu bihugu byinshi, birega ibyaha byibasira inyokomuntu n’itsembabwoko. Ariko kugeza ubu, imanza ziracyari mu ntangiriro.
Ubwicanyi bwa Gatumba bwasize igikomere gikomeye ku Banyamulenge, bakomeza guhatirwa guhunga no guhura n’akarengane mu bice bimwe by’akarere k’ibiyaga bigari.
“Kwibuka Gatumba si uguhanga amaso gusa ibyabaye, ni uguhagurukira kurwanya ko ibyaha nk’ibi byazasubira kubaho,”

Tags: AbanyamulengeGatumbaJenocide
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend Weekend y’iki cyumweru yari yuzuyemo ibihe bishimishije muri shampiyona ya Premier League, aho amakipe menshi yakinnye imikino ishimishije, abakinnyi...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n’Ingabo z’u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

Abanyamulenge bari gukorerwa jenocide n'Ingabo z'u Burundi iza RDC na FDLR. Ibikubiye mu butumwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?