• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyamulenge bahunze k’ubwinshi, ku Bwegera, nyuma y’uko batakiye leta ya Kinshasa, ikanga kubumva.

minebwenews by minebwenews
December 23, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’uko Abanyamulenge, batakiye leta ya Kinshasa, ba bereka umutekano wabo uburyo ubangamiwe na Wazalendo, bayobowe n’uwitwa Colonel Lamu, bikarangira leta ibisuzuguye, bahisemo guhunga ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, berekeza Kamanyola, muri teritware ya Walungu, abandi bagana iy’amahanga.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 23/12/2023, n’ibwo bya menyekana ko abaturage ba Banyamulenge, bo mu bwoko bw’Abatutsi, bahunze k’ubwinshi bava ku Bwegera.

Ibi byemezwa na bamwe mu baturage bamaze kugera Kamanyola. Rukara Fidel, ya bwiye Minembwe Capital News, icyatumye abaturage ba Banyamulenge, bahunga akarere ka Bwegera.

Ati: “Kuva mu mpera z’u mwaka w’ 2023, ku Bwegera, Abanyamulenge, twahagiriye ibyago byinshi. Ahanini Maï Maï, yakomeje kudushimuta, uwo idashimuse ikamwica. Muri uyu mwaka wo nyine hashimuswe abantu 9, abapfuye barenga 10 kandi bakicwa na Wazalendo.”

Yakomeje avuga ati: “Ubu mubihe byo kw’iyamamaza kwa Perezida Félix Tshisekedi, niho umutekano wongeye kuba mubi. Nyuma y’Ijambo rya Félix Tshisekedi, ryo guha Wazalendo uburenganzira bwo kugirira nabi Abanyamulenge, nibwo Colonel wa Wazalendo, Lamu, yishe Bisetsa, abandi arabashimuta. Abantu bahise bagira ubwoba bahitamo guhunga.”

Mu makuru dukesha abaturage bahunze hariya ku Bwegera, bavuze ko Mutualite, ya Banyamulenge, ku Bwegera, yagerageje gutakira Ingabo za RDC, ziri muri Luvunge, Uvira, na Bukavu, ariko banga kubumva. Mubyo batakiraga leta kwari ukubereka iyicarubozo bicwa na Wazalendo.

Ati: “Ntako tutagize ngo twereke leta akarengane kacyu ariko byabaye iby’ubusa. Twageze ku basirikare bari mu Luvunge, Uvira na Bukavu, ariko byabaye iby’ubusa.”

Ibi biri mu byatumye bafata iy’ubungiro bamwe bakaba berekeje Kamanyola, Bukavu na Nyangezi ndetse abandi bambutse imipaka.

Gusa ku Bwegera, byavuzwe ko hoba hasigaye by’ibuze ingo zitarenze 10 ariko ko nabo bashobora kurara bahunze, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage bahunze.

Abanyamulenge, bakimara guhunga ku Bwegera, Ingabo za FARDC, ziri mu Luvunge, bahise bohereza abasirikare benshi muri kariya gace.

Bruce Bahanda.

Tags: Abanyamulenge bahunzeBwegeraLeta yanze kubumva
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post

Umwuka mubi uganisha Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu kaga ukomeje gututumba, hagati y'abanyapolitike.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?