• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyamulenge bakomeje guhohoterwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Abanyamulenge bakomeje guhohoterwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Alexis Muruta, wari Komanda (Commandant), w’u Mujyi wa Uvira, yatsimbuwe kuri uwo mwanya ni mugihe Muruta amaze ibyumweru birenga bitatu afunzwe ariko umuryango we, nawe ubwe, bakaba bataramenya icyo azira.

You might also like

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23/01/2024, u Mujyi wa Uvira wahawe kuyoborwa n’undi musirikare utavuka mu bwoko bw’Abanyamulenge, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe baturiye ibyo bice.

Bya vuzwe ko Colonel Alexis Muruta, warusanzwe ayo boye uwo Mujyi, yafunzwe kuba avuka m’ubwoko bw’Abatutsi ni mugihe abasirikare benshi ba Banyamulenge bagize igihe bazira ubwoko bwabo aho hari n’abandi basirikare bakuru bo mu ngabo za FARDC bafunzwe bazira kuba ari Abanyamulenge.

Nka Sous Lieutenant Mudumira, wafunzwe mu mpera z’u mwaka ushize akaba afungiwe Uvira yazize ubwoko bwe Abatutsi harimo na Colonel Eric Geriyadi, wafungiwe i Kinshasa n’abandi barimo abagiye bafungirwa muzindi Ntara.

Colonel Alexis Muruta, yigeze gukubitwa n’Abasirikare bagenzi be, arakomereka bikabije ahagana mu kwezi kwa Gatatu k’u mwaka ushize w’2023, azira kuba yarimo gufasha Abana Banyamulenge bari bavuye mu misozi miremire y’Imulenge.

Guhohotera Abanyamulenge mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu byakomeje kuba bibi cyane cyane guhera mu mwaka w’2017, ariko bikaba byaratangiye mu mwaka w’1964, ndetse na mbere yaho.

Umuturage uherereye Uvira, ya bwiye Minembwe Capital News, ko Colonel Muruta yahohotewe azira ubwoko bwe Abatutsi.

Yagize ati: “Njyewe ubwanjye naramusuye mu baza icyo afungiwe, ariko rwose yarampakaniye ambwira ko kugeza ubu atarabwibwa icyo azira. Ntacyaha azira hubwo arazira ubwoko bwe.”

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeBarahohoterwaMu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu

Minisitiri Nduhungirehe Yahishuye Umugambi RDC Irimo wo Kwambura Abanye-Congo Bamwe Ubwenegihugu Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari umugambi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa

Uko Perezida Kagame Yabigenje: Umugambi wa Amerika wo Gufatira u Rwanda Ibihano Urahagarikwa Amakuru yatangajwe n’ikinyamakuru mpuzamahanga The Wall Street Journal agaragaza uko dipolomasi yo ku rwego rwo...

Read moreDetails

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini

Agahenge mu Kaga: Ijambo rya Politiki Rihangana n’Ukuri kw’Intambara n’Ikizamini cya Dipolomasi mu Karere Igihe, bisabwe ku buryo bweruye na Perezida wa Angola, João Lourenço, Guverinoma ya Repubulika...

Read moreDetails

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy'u munsi k'u wa Gatatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi MaĂŻ MaĂŻ Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?