• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyamulenge bakomeje guhohoterwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
January 23, 2024
in Regional Politics
0
Abanyamulenge bakomeje guhohoterwa mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Colonel Alexis Muruta, wari Komanda (Commandant), w’u Mujyi wa Uvira, yatsimbuwe kuri uwo mwanya ni mugihe Muruta amaze ibyumweru birenga bitatu afunzwe ariko umuryango we, nawe ubwe, bakaba bataramenya icyo azira.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 23/01/2024, u Mujyi wa Uvira wahawe kuyoborwa n’undi musirikare utavuka mu bwoko bw’Abanyamulenge, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe baturiye ibyo bice.

Bya vuzwe ko Colonel Alexis Muruta, warusanzwe ayo boye uwo Mujyi, yafunzwe kuba avuka m’ubwoko bw’Abatutsi ni mugihe abasirikare benshi ba Banyamulenge bagize igihe bazira ubwoko bwabo aho hari n’abandi basirikare bakuru bo mu ngabo za FARDC bafunzwe bazira kuba ari Abanyamulenge.

Nka Sous Lieutenant Mudumira, wafunzwe mu mpera z’u mwaka ushize akaba afungiwe Uvira yazize ubwoko bwe Abatutsi harimo na Colonel Eric Geriyadi, wafungiwe i Kinshasa n’abandi barimo abagiye bafungirwa muzindi Ntara.

Colonel Alexis Muruta, yigeze gukubitwa n’Abasirikare bagenzi be, arakomereka bikabije ahagana mu kwezi kwa Gatatu k’u mwaka ushize w’2023, azira kuba yarimo gufasha Abana Banyamulenge bari bavuye mu misozi miremire y’Imulenge.

Guhohotera Abanyamulenge mu Gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahanini mu Burasirazuba bw’iki gihugu byakomeje kuba bibi cyane cyane guhera mu mwaka w’2017, ariko bikaba byaratangiye mu mwaka w’1964, ndetse na mbere yaho.

Umuturage uherereye Uvira, ya bwiye Minembwe Capital News, ko Colonel Muruta yahohotewe azira ubwoko bwe Abatutsi.

Yagize ati: “Njyewe ubwanjye naramusuye mu baza icyo afungiwe, ariko rwose yarampakaniye ambwira ko kugeza ubu atarabwibwa icyo azira. Ntacyaha azira hubwo arazira ubwoko bwe.”

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeBarahohoterwaMu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy’u munsi k’u wa Gatatu.

I Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo iza kuba uy'u munsi k'u wa Gatatu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?