• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyamulenge bari i Nakivale nyuma y’imyaka 5 badakorera hamwe, bemeranyije gutora umuyobozi umwe ubareba bose

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 24, 2025
in Conflict & Security
0
Abanyamulenge bari i Nakivale nyuma y’imyaka 5 badakorera hamwe, bemeranyije gutora umuyobozi umwe ubareba bose
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge bari i Nakivale nyuma y’imyaka 5 badakorera hamwe, bemeranyije gutora umuyobozi umwe ubareba bose

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Impunzi z’Abanymulenge zi cyumbikiwe mu i kambi y’ impunzi iherereye i Nakivale mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’i gihugu cya Uganda, zemeje gushyiraho umuyobozi umwe uzireba zose, ni mugihe mu mwaka wa 2021 zacitsemo ibice bitatu, kuko umuryango umwe mu igize Abanyamulenge w’Abadahurwa wakoreye ukwawo, wanga kugira uruhande ushyigikira muri mitualite zibiri zari zavutse icyo gihe.

Imwe muri izo mitualite yari iyobowe na Musore John, ikaba yarigizwe n’imiryango igera kuri 9: uwa Banyabyinshi, Abasinzira, Abadinzi, Abasama, igicye kimwe cy’Abasita, Abahiga, Abasegege, Abitira n’Abega.

Ni mu gihe iya kabiri na yo yari iyobowe na Mukiza, aho na yo yarimo imiryango ikabakaba icumi: uw’Abagorora, Abasita, Abasinga, Abahima n’abandi.

Umwe mu bayobozi b’izi mpunzi, Ngendahayo Justin, uyoboye akarere ka Nyarugugu kagizwe na ma zone atatu ari na yo atuyemo Abanyamulenge, ya bwiye Minembwe Capital News ko “ashigikiye aya matora agiye gukorwa, kandi ko n’ubuyobozi bwo hejuru bw’impunzi buyashyigikiye. Kimweho agaragaza ko yasanze hari bamwe mu banyamulenge batayashyigikiye, ariko yirinda kuvuga abo aribo.”
Yagize ati: “Ku giti cyanjye nshyigikiye ko Abanyamulenge bagira umuyobozi umwe, apana ngo bafite za mitualite zirenga zibiri. Ibyo ni akavuyo, ntitubishaka,ariko nyamara nasanze hari abashaka ko haguma kuba za mitualite nyinshi. Ibyo nibyo bibabaje.”

Yongeye ati: “Ubuyobozi bw’impunzi bwa 0PM nabwo burashyigikiye, bwanagize n’uruhare runini kugira ngo Abanyamulenge bave mu macakubiri batore umuyobozi umwe ubareba bose.”

Itangazo ryashyizwe hanze rya komisiyo ishyizwe aya matora, rinateweho umukono n’uwitwa Kigeri Muhire, ari nawe perezida w’iyo komisiyo, rigaragaza ko bazatora ku wa kane tariki 25/092025.

Ndetse kandi rikangurira abanyamulenge bose kuzayitabira, no kuzahagerera ku gihe, aho rinagaragaza kandi ko bizakorwa igihe cya saa ine zigitondo.

Ni itangazo kandi rigaragaza ko igikorwa cy’amatora ko kizabera mu mbuga y’itorero rya Shilon riyobowe na Bishop Mbangutsi. Iri torero riherereye muri Quartier yitwa Gosheni, rikaba kandi riri hafi n’ikibuga cy’umupira wa maguru cyo mu Madorari muri Nyarugugu.

Cyobikoze kugeza ubu abakandida ntibaramenyekana, usibye ko umwe muri aba banyamulenge witwa Bizuru, aheruka gutanga itangazo ubwo bari mu kiriyo cya bereye muri New Leh ku wa kabiri, avuga ko “abakandida” bazatangazwa ku munsi nyirizina wa matora ku wa kane.

Tags: AbanyamulengeAmatoraMitualiteNakivale
Share32Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Because Wazalendo rejected Gen. Gasita and the government did nothing about it, some FARDC soldiers have deserted.

Because Wazalendo rejected Gen. Gasita and the government did nothing about it, some FARDC soldiers have deserted.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?