• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanyamulenge batataniye hirya no hino kw’Isi kumunsi w’ejo bazibuka kunshuro 19 ababo biciwe mu Gatumba.

minebwenews by minebwenews
August 12, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge bari ahatandukanye kw’Isi bagiye kwibuka kunshuro ya 19 ababo biciwe mu Gatumba.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 12/08/2023, saa 8:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ejo tariki 13/08/2023, Abanyamulenge ba tataniye mubihugu bitandukanye bazibuka ababo biciwe mu Gatumba mu mwaka wa 2004.

Ubwo Abanyamulenge batsembewe mu Gatumba,
hari mu ijoro ryo kw’itariki 12/08/ 2004, n’imugihe izimpuzi z’Abanyamulenge bari barahungiye mu Nkambi ya Gatumba mu Burundi bari barahunze bava mubice biherereye muri teritware ya Fizi, Mwenga, Moba na Uvira homuri Repubulika ya Demukarasi ya Congo baza kugabwaho igitero baratsembatsembwa bazira ubwoko bwabo Abanyamulenge (Tutsi).

Imyaka icyumi nicenda irashize(19), abo Banyamulenge bagabweho igitero, abazwi biciwe muriyo Nkambi bagera ku 166.

Aba Banyamulenge, bishwe hakoreshejwe Amahiri, imipanga no gutwikwa ndetse no kuraswa, nkuko Minembwe Capital News, yabyiganiwe na Nkomezi wa rokotse iryo tsembatsemba.

Abanyamulenge barokotse bakaba bibuka ababo biciwe muricyo gitero. Mu Minembwe bibutse Aba banya Gatumba bwambere umwaka wa 2015, mukwezi kwa Munani tariki Cyumi nazitatu.

Kwibuka ngo bikorwa kurizi mpamvu nkuko Abanyamulenge babivuga:

“Kwibuka ni ikintu gikomeye cyane abantu bakwiye gukora kuko gifite agaciro gakomeye, n’Idini ryubakiye ku kwibuka urupfu rwa Yesu Krisitu. Kwibuka bitanga gutekereza, bibuka kugira ngo amateka atazasibanganwa! Imana nayo ubwayo ibwira abantu ngo mujye mwibuka kugira ngo mutazasubira mu bihe mwabayemo.”

Ikindi gituma abantu bakwiye kw’ibuka nkuko Abanyamulenge bakomeza kubivuga ngo:
“Impamvu yo kwibuka ni ukugaragaza ukuri ko hari abantu baba batazi amateka no kuba hari abagamije gupfobya no guhisha ukuri. Ni ugukomeza kwibuka kugira ngo bereke Isi n’inzego zifite ubutabera mu nshingano kugira ngo zibone aho zihera.”

Twabibutsa ko abarokotse mu Gatumba bamaze no gushraho ihuriro bise “Gatumba Foundation” bizeye ko izakomeza gusaba ibihugu bya Congo n’u Burundi kugira ngo ubutabera buboneke kandi Abanyamulenge bareke gukomeza kwicwa.

Ikibabaje nuko kugeza nubu Abanyamulenge bakomeje kw’icwa Muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, ahanini mu Minembwe ndetse nahandi mubindi bice bya Congo Kinshasa.

Abashinjwa ubu bwicanyi bwo mu Gatumba, ni umugambwe wa FNL wa Agatho Rwasa ndetse n’imitwe ya Mai Mai yaje iva kubutaka bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

Tags: Abanyamulenge biciwe mu GatumbaKunshuro ya 19Kwibuka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Hatahuwe amakuru y'imbitse ku mutwe w'inyeshamba wa Gumino.

Comments 1

  1. zoritoler imol says:
    2 years ago

    Hi, Neat post. There is a problem with your website in internet explorer, would check this… IE still is the market leader and a good portion of people will miss your great writing because of this problem.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?