• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Abanyamulenge bazwiho kuba ari indwanyi zikaze batabaye igihugu cyabo.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2025
in sport & entertainment
0
Abanyamulenge bazwiho kuba ari indwanyi zikaze batabaye igihugu cyabo.
204
SHARES
5.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge bazwiho kuba ari indwanyi zikaze batabaye igihugu cyabo.

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Abagabo batatu ba Banye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge batabaye igihugu cyabo nyuma yokugaya ubugungiro aho bari barahungiye muri Uganda bahitamo kuja kurwanirira ababyeyi babo bagize igihe bicwa n’imitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi n’ubutegetsi bw’i Kinshasa.

Abo batatu barimo Maj. Gasinzira Bigizi uzwiho kurasa adahusha, Frank Gatabazi uri mu batangije Twirwaneho ariko nyuma akaza kwerekeza mu buhungiro na Bonifasi Kadahugwa wari usanzwe akora ibikorwa by’ubutabazi iyo yari yarahungiye muri Uganda.

Urebye ku ifoto Gatabazi ni we utangira, Bigizi akaba hagati mu gihe Bonifasi we aheka.

Mu ntangiriro z’uku kwezi turimo uyu mwaka wa 2025, ni bwo aba bagabo bambutse muri RDC baturutse mu buhungiro, kuri ubu bakaba baherereye i Kamanyola muri Kivu y’Amajyepfo aho umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho byabohoje mu mpera z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Nk’uko bisobanurwa aba bagabo kwari batatu batabaye igihugu cyabo nyuma yuko benewabo bari bakomeje kwicwa n’ubutegetsi bw’i Kinshasa bubaziza ubwoko bwabo Abatutsi.

Amateka avuga ku Banyamulenge cyangwase Abatutsi bose muri rusange, uko bagiye bicwa muri RDC. Agaragaza ko ubutegetsi bw’iki gihugu bwatangiye kubica mu mwaka wa 1964. Birakomeza kugeza mu mwaka wa 1996, ari nabwo havutse umutwe wa AFDL nubwo nyuma waje kuvukamo RCD kuko nawo wari wafashe inzira yo kubarimbura.

Ibyo kwica Abanyamulenge cyangwase Abatutsi, byaje kongera gufata intera mu mwaka wa 2017. Ni cyo gihe Abanyamulenge batangiye kwangazwa, barasenyerwa, banyagwa inka zabo ibihumbi ni bihumbi, ubundi kandi baricwa. Bivugwa ko leta y’i Kinshasa mu kwica aba Banyamulenge cyangwase kubanyaga Inka zabo, yakoreshaga imitwe yitwaje intwaro ya Mai-Mai na FDLR ndetse ubundi igakoresha ingabo z’igihugu. Kuko mu mwaka wa 2020 abasirikare bo muri brigade ya 12 yari yobowe na Brig.Gen.Muhima Dieudonne bishe Abanyamulenge benshi mu Minembwe barimo abagore bane biciwe i Lulenge n’abandi biciwe muri Minembwe centre n’abiciwe i Lundu abagore batandatu.

Ubwo ni bwo abenshi muri aba Banyamulenge batangiye kuva mu mahanga iyo bari barahungiye, abari abasirikare ba Leta y’i Kinshasa bakivamo, batabara iwabo i Mulenge.

Mu basirikare bavuye muri Leta ya Congo batabara i Mulenge, barimo General Makanika wanahageze agirwa umuyobozi mukuru wa Twirwaneho, mu minsi yavuba nibwo yatabarutse, barimo kandi na Brigadier General Charles Sematama uzwi nk’Intare-Batinya ari nawe wagizwe umuyobozi mukuru wa Twirwaneho ubu, n’abandi benshi.

Kugeza nubu Abanyamulenge baracyakomeje gutabara ubwoko bwabo, kandi bavuga ko bazashyirwa aruko bahiritse ubutegetsi bw’i Kinshasa butigeze buha amahoro ubwoko bwabo.

Maj.Bigizi uri muri aba batatu baheruka gutabara, ni umwe mubasirikare barwanye intambara nyinshi muri Congo, kandi azirwanira ahatandukanye muri iki gihugu, kuko yarwanye izo mu mwaka wa 1996, 1998, 2000 kugeza mu 2013. Ahagana mu mwaka wa 2015 nibwo yavuye mu gisirikare cya RDC yerekeza mu buhungiro. Benshi mu babanye nawe bahamirije Minembwe Capital News ko ari musirikare b’Abanyamulenge bazwiho “kutababayika.”

Bagenzi be babiri, Gatabazi na Bonifasi bari basanzwe n’ubundi bakora ibikorwa by’ubutabazi, iyo bari bari mu buhungiro, birimo ibya mobilisation n’ibindi.

Hejuru yibyo Gatabazi ari mubatangije Twirwanaho mu Bidegu mu Minembwe mu mwaka wa 2008 na nyuma yaho, ariko nyuma ava muri iki gihugu arahunga.

Tags: AbanyamulengeBonifasiGatabaziGutabaraMajor Bigizi
Share82Tweet51Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge bazwiho kuba ari indwanyi zikaze batabaye igihugu cyabo.

The Banyamulenge are known to be fierce fighters who always defend their country.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?