• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanyamulenge i Nairobi, b’ibutse k’unshuro y’ambere ababo b’iciwe i Mulenge ho mumajy’Epfo ya Kivu.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Nairobi homug’ihugu ca Kenya Abanyamulenge bahatuye, bibutse ababo b’ishwe bazira ubwoko bw’Abatutsi, muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 14/07/2023, saa 2:30pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Muri Kenya Abanyamulenge bo muri Republika ya Democrasi ya Congo bahahungiye, bakoze igikorwa cyokw’ibuka ababo b’iciwe Muburasirazuba bwa RDC ahanini bibutse a bagiye bicirwa muri Kivu yamajy’Epfo n’a Kivu y’Amajyaruguru.

Insanganya matsiko kwari: “U Kwibuka,kwamagana,Guharanira Ubutabera kuri Genocide ikorerwa Abanyamulenge muri Congo Kinshasa.”

Cyari, igikorwa cyateguwe n’Abayobozi ba Banyamulenge basanzwe barahungiye muri Kenya. Aba bayobozi bakaba bahagarariwe nuyoboye ishamyi rya CBRK/NAIROBI, ariwe Chair Man, Gategeko Eric numunyamabanga Mukuru we, chair Man Nkiriho J.Claude Kabemba.

Kw’ibuka byantagiye saa 09:30Am, bakaba batangiye bakora Marche Pacifique (Urugendo rwamahoro) aho bahise bakomereza kurusengero rwa Reales, ruri mugace ka Githurai 45 muri Nairobi.

Nyuma yokugera murusengero, Chair Man Eric, yatangije igikorwa y’iyegereza Abantu bose bitabiriye ndetse yakira n’abashitsi batandukanye barimo uhagarariye OCC githurai (Chief).

Abandi batumirwa baje barimo Abanyag’ihugu bagera kubantu 14, bahagarariwe na Bishop Kimani aho yazanye nabandi banyacubahiro.

Uyu Bishop Kimani, yaje nogufata ijambo maze ahumuriza Abanyamulenge, akoresheje ijambo ry’Imana.

Nyuma yokwakira Abatumirwa bose hakurikiyeho Discours, hakaba hakoreshejwe indimi zitatu(3):
I kinyamulenge, igifaransa ni chongereza (English). Nyuma haje gutangwa Ubuhamya munchamake, havugwa Ibintu byanyazwe n’ibyangiritse numubare wabantu bamaze gupfa imfu zagashinyaguro aba bishwe babarigwa mubantu magana atandatu (600).

Hakurikiyeho ubuhamya bubabaje chane bwatanzwe nuwitwa Jolie, yavuze akarengane Abanyamulenge, bahuye nako ndetse n’ubwicanyi ndenga kamere bwabaye mu Minembwe nomunkengero zayo.

Jolie, yavuze Ab’amama 4, bapfuye tariki 30/06/2022 bishwe barashwe n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo, zari ziyobowe n’a Lt Gen Yave Philmon.

Hakurikiyeho umutanga buhamya witwa Pastor Kigogoro uvuka mu Bibogobogo, yavuze ibitero by’intambara bahuye nabyo kuva mumwaka wa 2017.

Yavuzeko ibi bitero byose babitewe n’a Mai Mai.

Kigogoro, yakomeje avuga ko ibi bitero byasize bibiciye abantu ndetse n’Inka zigera mubihumbi amagana ziranyagwa.

Bishop Kimani, niwe watanze ijambo ry’Imana asoza. Maze ahumuriza Abanyamulenge, mw’ijambo rirema icizere cy’ejo hazaza kuba Kirisitu no kub’Anyamulenge.

Uyu muhango wasojwe hacanwe urumuri rw’ikizere cy’ejo hazaza, maze barangiza bashizeho indabyo bibuka ababo b’iciwe Muburasirazuba bwa RDC.

Tubibutsako iyi ibaye inshuro yambere uyu muhango ukozwe bakaba basezeranije ko icyo gikorwa kizakomeza, nkuko Minembwe Capital News, yabibwiwe n’a Bwana Chair Man Nkiriho Kabemba J.Claude, umunyamabanga wa CBRK/Nairobi.

Tags: AbanyamulengeImulengeK'unshuro yambereKw'ibukaNairobi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Guhohotera Abanyamulenge muri RDC, bikomeje gufata intera n'imugihe Clinton, umukozi wo muri DGM, ahagaritswe mukazi azira ubwoko bwe Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?