• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanyamulenge, muri leta ya Kinshasa, bakomeje guhohoterwa nimugihe kandi Colonel Olivier Gasita, yafunzwe azira ubwoko bwe.

minebwenews by minebwenews
October 25, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihohoterwa rikorerwa Abanyamulenge, rikomeje gufata intera nimugihe kandi leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, yafunze Colonel Olivier Gasita, wo mungabo za FARDC.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Isoko yacu dukesha ay’amakuru avuga ko Colonel Olivier Gasita, yahagaritswe n’abashinzwe umutekano i Kinshasa, kumurwa Mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wokuwa Kabiri, tariki 24/10/2023, aho bamufashe igihe co kugicamunsi.

Nk’uko Minembwe Capital News, yabwiwe uyu musirikare uvuka mu misozi miremire y’Imulenge, homu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ngoyaba yarazize kuba ari Umunyamulenge (Tutsi).

Colonel Olivier Gasita, afunzwe mugihe Abanyamulenge bari bagize igihe batakira imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu gihugu ko leta ya Kinshasa ikomeje kubahohotera n’inyuma y’uko Abanyamulenge bakomeje kwibasirwa abatishwe bagafungwa harimo na Dr Lazare Sebitereko wafunzwe azira ubwoko bwe, Lazare Sebitereko yarazwi mubikorwa by’iterambere aho y’ubatse ibikorwa birimo amashuri mubice byinshi biherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, dusanga yarubatse amashuri mu Mikarati, Minembwe ndetse na Uvira.

Colonel Olivier Gasita, n’inde?

Ahagana m’ukwezi kwa 12/2018, Colonel Gasita, yagizwe administrateur wa teritware ya Yumbi homu Ntara ya Maïndombe, nyuma y’uko uwari administrateur wiyo teritware yaramaze gupfa maze Gasita ahabwa icizere n’abaturage baturiye ibyo bice nimugihe yari yarayoboye ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo( FARDC) muri za operation zakozwe icyogihe batsintsura Inyeshamba zari zarazonze abaturage ba Yumbi, mubihe byimyaka myinshi amaze kuvanwa aha yahise yoherezwa i Kinshasa, aho yahise aba disipo(ntakazi).

Uyu musirikare uvuka m’ubwoko bwa Banyamulenge, Colonel Olivier Gasita, yabaye mu Nyeshamba za AFDL zahoze ziyobowe n’uwigezeho kuba perezida wa RDC, Laurent Désire Kabila.

Colonel Olivier Gasita, ahagana mu mwaka w’2002, yabayeho icegera ca Gen Pacifique Masunzu wari umaze kwigomeke k’umutwe wa RDC Goma, aho baje kurwana Urugamba rukomeye rwasize ruhitanye benshi m’ubwoko bw’Abanyamulenge, ariko birangira ur’u rugamba ruhesheje Masunzu ipeti rya General. Gusa Gen Masunzu yaje gufunga Olivier Gasita, mugihe c’umwaka urenga. Nyuma Olivier Gasita yaje guhabwa icizere na leta ya Kinshasa yariyobowe na Joseph Kabila Kabange, ahabwa umwanya ukomeye muri teritware ya Yumbi, nk’uko twabivuze harugu.

By Bruce Bahanda.

Tags: AbanyamulengeOlivier Gasita
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Kandidatire ya Moïse Katumbi, k'umwanya w'umukuru w'igihugu, bamwe mubategetsi ba Kinshasa, basabye ko iteshwa agaciro

Comments 1

  1. Mathias says:
    2 years ago

    Imana imuburanire

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?