• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 3, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Abanyamulenge n’Abapfulero bagiranye ibiganiro biganisha ku mahoro.

minebwenews by minebwenews
June 28, 2025
in Conflict & Security
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyamulenge n’Abapfulero bagiranye ibiganiro biganisha ku mahoro.

You might also like

AFC/M23 Ikomeje Kwegera Umujyi wa Uvira, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ziravugwaho urujijo

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Mu gace kamwe ko mu Bibogobogo kabereyemo ibiganiro by’imishyikirano hagati y’Abanyamulenge, Abapfulelo, Abanyindu n’Ababembe.

Ni imishyikirano yabaye aher’ejo ku wa gatanu tariki ya 27/06/2025, aho yari iyobowe n’ishirahamwe rya Ugeafi rikora ibikorwa bitandukanye birimo n’uburezi mu misozi ya Fizi n’ahandi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru aturuka muri icyo gice cya Bibogobogo agaragaza neza ko iyo mishyikirano yabereye ahitwa Tujenge hatuwe n’abo mu bwoko bw’Abafulero.

Iyi mishyikirano yitabiriwe n’Abachefs ba Banyamulenge baturutse mu duce dutundukanye twaha mu Bibogobogo, nka Kabara n’ahandi.
Yitabiriwe kandi n’Abapfulero bavuye i Gafugwe, Ababembe bavuye i Baraka, Kirora na Malela.

Ubundi kandi ibi biganiro byitabiriwe n’inzego z’u mutekano, zirimo abapolisi n’abasirikare.

Ahanini baganirye ku mutekano n’icyagarura ubwumvikane hagati y’amoko aturiye aka karere.Bumvikana kuzongera guhura umunsi ababifite munshingano bazamenyesha impande zirebwa n’icyo kibazo.

Si ubwa mbere imishyikirano iba muri ibi bice ku moko ahaturiye, ariko kugera ku byumvikanyweho n’impande zose bikaba ibindi. Amaherezo bikarangira ibitero bya Wazalendo byongeye kugabwa ku Banyamulenge.

Mu mwaka ushize nabwo ibyo biganiro byarakozwe hagati no mu mpera zawo. Ibyo ntibyatumye ibitero bitagabwa ku Banyamulenge mu kwezi kwa cumi nabiri ku wo mwaka. Ibi bitero byongeye kubagabwaho kandi mu kwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025.

Iyi mishyikirano inakozwe mu gihe abo mu mutwe wa Wazalendo bari baheruka gutuma ku Banyamulenge ko bari gutegura kugaba ibitero iwabo mu Bibogobogo.

Ubwo butumwa babuhawe ku wa gatanu w’icyumweru gishize.
Nyamara ku rundi ruhande, ibi biganiro bishobora gutuma amahoro arambye abasha kugererwaho, nubwo bitizewe na bose.

Tags: AbabembeAbanyamulengeAbapfuleloBibogobogoImishyikirano
Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Ikomeje Kwegera Umujyi wa Uvira, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ziravugwaho urujijo

by Bahanda Bruce
December 3, 2025
0
AFC/M23 Ikomeje Kwegera Umujyi wa Uvira, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ziravugwaho urujijo

AFC/M23 Ikomeje Kwegera Umujyi wa Uvira, FARDC n’Ingabo z’u Burundi Ziravugwaho urujijo Imiterere y’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ikomeje kuzamba, nyuma y’uko amakuru acicikana...

Read moreDetails

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Dore Aho Imirwano Ikomeye Hagati ya FARDC na AFC/M23 Yabereye, Abasirikare n’Abasivili Batangiye Guhungira i Burundi Imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside

Ibisasu by’ingabo za FARDC n’izu Burundi byahitanye abasivile i Kamanyola, M23 ishinja Leta Gukora Jenoside Imirwano ikomeje gufata indi ntera hagati y’ihuriro rya AFC/M23 n’ingabo za Leta ya...

Read moreDetails

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy’ubuhungiro

Umutekano Urimo Kujegajega i Uvira, Abasirikare Bakuru ba FARDC Berekeje iy'ubuhungiro Umwuka w’impungenge n’akaduruvayo ukomeje kwiyongera mu mujyi wa Uvira, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’uko abasirikare...

Read moreDetails

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi

AFC/M23 Yafashe Uduce Twinshi muri Kivu y’Amajyepfo, Umujyi wa Uvira mu bwoba bwinshi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rikomeje kwagura ibice rigenzura mu burasirazuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Icyo Trump yatangaje nyuma y’isinywa ry’amasezerano y’amateka hagati ya RDC n’u Rwanda.

Icyo Trump yatangaje nyuma y'isinywa ry'amasezerano y'amateka hagati ya RDC n'u Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?