• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyapolitike bo muri RDC, basabwe kuganira mugihe amazi atararenga inkombe.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishamyi ry’indorerezi z’umuryango w’Afrika y’unzubumwe, barasaba Amashyaka yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kwicara hamwe bagakemura amakimbirane arihagati yabo ahanini muri ibibihe by’Amatora.

You might also like

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Bagize bati: “Abanyapolitike namwe bafatanya bikorwa, bikwiye ko mwicara hamwe mu kaganira. Hakwiye ko muganira byeruye bizafasha ko igihugu kitaja mu kaga.”

Bakomeje bavuga bati: “Mu gihe ibyo bitakozwe igihugu kiragana ahabi.”

Ruriya rwego rwasabye abanyekongo kw’iyunga mu gihe muri iki gihugu abanyekongo barimo batora abadepite na perezida wa Republika. Ibi byatumye haba ukutemerana hagati yabitoza ahanini k’u bakandida k’urwego rwa bitoza kumukuru w’igihugu bakaba barimo bashinja Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, gutera ay’amatora nabi.

Abakandida batanu barimo Moïse Katumbi Chapwe, banditse ibarwa iriho imikono yabo bahamagarira abanyekongo gukora ibishoboka byose bagaharanira ko amajwi y’abo ataba imfabusha.

N’ibarwa irimo ibyo banenga Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI.

Mu byo banenga harimo ko “Imashini z’itora zatinze kugezwa ahabigenewe ndetse ko kandi zabitswe ntabatanga buhamya bahari.”

Ni mugihe kandi ihuriro ry’amashyaka rya FCC, riyobowe n’u wahoze ari perezida wa RDC, Joseph Kabila Kabange, kuri uyu wa Kane, bahamagariye abanyekongo guhuza imbaraga maze ngo ubutegetsi bw’igitugu bwa Félix Tshisekedi, babushireho iherezo.

Bruce Bahanda.

Tags: Abanyapolitike bo muri RDCBasabwe kuganira amazi atararenga inkombe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails
Next Post

Gapangwa Bonfils, uzwi mw'itangaza makuru, na Nyakichansa, wa mamaye muri Film zikinwa mu muco wa Kinyamulenge, bateye inkunga y'ibitenge,Abadamu ba bapfakazi, i Nakivale.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?