• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, February 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyarwanda, bari gufungwa n’Imbonerakure mu Gihugu c’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 13, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanyarwanda bakabakaba 38 ba fungiwe muri Komine ya Mugina mu Ntara ya Cibitoki, mu Gihugu c’u Burundi.

You might also like

Intambwe Ikomeye y’u Burundi mu Buyobozi bw’Umugabane wa Afrika

Ifoto Yavugishije Isi, Tshisekedi na Hariana mu Rujijo Rw’Itangazamakuru Mpuzamahanga

Amerika Yarakajwe no Kubazwa Donald Trump ku Kwibagirwa Izina rya Tshisekedi

Ni nyuma y’uko leta y’u Burundi yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga n’uko Abanyarwanda bafungiwe ahantu habiri muriyo Ntara ya Cibitoki, icumin’ababiri (12) bya vuzwe ko bafungiwe muri Komine ya Rugombo mu gihe abandi 26 bakaba aribo bafungiwe mu ikasho iherereye muri Komine Mugina.

Mu byo ibinyamakuru by’u Burundi bya komeje gutangaza n’uko leta y’u Burundi yamenyesheje ko itagishaka ko Abanyarwanda ba baba k’u butaka bw’igihugu cyabo, nk’uko na Minisitiri w’u mutekano Martin Niteretse, ya bimenyesheje aho ya navuze ko ku Banyamahanga batuye mu gihugu c’u Burundi hagiye kuba isuzumwa abazomenyekana ko batuye muricyo gihugu badakurikije amategeko bazafatirwa ibihano harimo ko bazasubizwa iyo baje bava.

Iki nyamakuru cya Sos Media Burundi, cya tangaje ko Abanyarwanda bari kugenda bafatwa n’urubyiruko rw’i ganjemo Imbonerakure zikorana bya hafi n’u butegetsi bwa perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye.

Nyuma yo gufatwa n’imbonera kure ko barashikirizwa abashinzwe umutekano.

Kiriya Kinyamakuru cya Sos Media Burundi, kivuga kandi ko abandi Banyarwanda barenga 46 ko bamaze kwirukanwa k’u butaka bw’u Burundi ndetse ko hari n’abandi bahagaritswe k’u munsi w’ejo hashize bakaba bafungiwe i Mabayi.

Gusa leta ya Kigali yo binyuze mu muvugizi wayo w’ungirije Alain Mukuralinda, yavuze ko igihugu cye kitokora nk’ibyo u Burundi bwa koze.

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyarwandaBurundiGufungwaImbonerakure
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Intambwe Ikomeye y’u Burundi mu Buyobozi bw’Umugabane wa Afrika

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Intambwe Ikomeye y’u Burundi mu Buyobozi bw’Umugabane wa Afrika

Intambwe Ikomeye y’u Burundi mu Buyobozi bw’Umugabane wa Afrika Évariste Ndayishimiye, Perezida wa Repubulika y’u Burundi, ari mu myiteguro ya nyuma yo gufata inshingano zo kuyobora Umuryango w’Ubumwe...

Read moreDetails

Ifoto Yavugishije Isi, Tshisekedi na Hariana mu Rujijo Rw’Itangazamakuru Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Ifoto Yavugishije Isi, Tshisekedi na Hariana mu Rujijo Rw’Itangazamakuru Mpuzamahanga

Ifoto Yavugishije Isi, Tshisekedi na Hariana mu Rujijo Rw’Itangazamakuru Mpuzamahanga Amashusho yafatiwe i Washington D.C mu cyumweru gishize, agaragaza Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine...

Read moreDetails

Amerika Yarakajwe no Kubazwa Donald Trump ku Kwibagirwa Izina rya Tshisekedi

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Gufatana Ibiganza kwa Tshisekedi na Donald Trump Gukurura Impaka ku Magambo Avuga ko Intambara Yarangiye muri RDC

Amerika Yarakajwe no Kubazwa Donald Trump ku Kwibagirwa Izina rya Tshisekedi Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House) byagaragaje uburakari bikomeye nyuma y’uko Perezida...

Read moreDetails

Ibirego by’Ivangura n’Ibogama mu Itangazamakuru ku Ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC.

by Bahanda Bruce
February 8, 2026
0
Ibirego by’Ivangura n’Ibogama mu Itangazamakuru ku Ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibirego by’Ivangura n’Ibogama mu Itangazamakuru ku Ntambara yo mu Burasirazuba bwa RDC. Mu minsi ishize, umunyamakuru Hariana Verás, ukomoka muri Angola, ryagarutsweho cyane mu mpaka zirebana n’ubunyamwuga mu...

Read moreDetails

Afurika y’Epfo Yakuye Ingabo Zayo muri RDC Ivuga n’Impamvu Ibikoze

by Bahanda Bruce
February 8, 2026
0
Afurika y’Epfo Yakuye Ingabo Zayo muri RDC Ivuga n’Impamvu Ibikoze

Afurika y’Epfo Yakuye Ingabo Zayo muri RDC Ivuga n'Impamvu Ibikoze Perezida wa Repubulika ya Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yamenyesheje ku mugaragaro Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye (Loni), António Guterres,...

Read moreDetails
Next Post

Ishirahamwe Socico RDC, rya shize hanze icyeranyo kiranga umutekano uko wari uhagaze mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, umwaka ushize.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?