• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abanye-Congo bagaragaje impamvu bashinja Leta yabo kwigana u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
September 22, 2024
in Uncategorized
0
Abanye-Congo bagaragaje impamvu bashinja Leta yabo kwigana u Rwanda.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abanye-Congo bagaragaje impamvu bashinja Leta yabo kwigana u Rwanda.

You might also like

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Abanye-Congo bakoresheje imbugankoranyambaga banenga Leta y’iki gihugu cyabo kwigana u Rwanda, nyuma yaho yinjiye mu masezerano y’ubufatanye n’ikipe ya AC Milan yo mu Butaliyani.

Ahagana ku wa gatanu tariki ya 20/09/2024 ni bwo Repubulika ya demokarasi ya Congo, yemeje amasezerano y’ubufatanye hagati yayo na AC Milan, mu rwego rwo kugira ngo bateze imbere ubukerarugendo bw’iki gihugu.

Ibi byatumye abaturage benshi ba RDC bakoresha imbugankoranyambaga banenga ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kuba bwariganye u Rwanda, igihugu bamaze igihe badacana uwaka.
U Rwanda rusanzwe rufitanye amasezerano y’ubufatanye n’amakipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, Paris Saint-Germain yo mu Bufaransa na Bayen Münich yo mu Budage.

Aya masezerano urwego rw’igihugu rw’iterambere (RDB) rwayasinyanye n’aya makipe biciye muri gahunda ya ‘visit Rwanda.’
Leta y’u Rwanda ivuga ko Visit Rwanda yatumye ubukerarugendo bw’u Rwanda butera imbere ndetse intego ya RDB ni uko muri uyu mwaka w’ 2024 ruzinjiza miliyoni 800$ zivuye muri urwo rwego.

Kinshasa yiteze ko gukorana na AC Milan bizatuma babasha gutera ikirenge mu cy’u Rwanda. Rero, kimwe mu byo Abanyakongo banenze n’uko igihugu cyabo cyatekereje guteza ‘ibikorwa by’ubukerarugendo budahari.’ Bavuga ko iyi gahunda izakomwa mu nkokora n’ikibazo cy’umutekano muke ugize igihe warabuze muri iki gihugu kubera ibibazo by’intambara zidashyira.

Ikindi banenga ni uko Kinshasa yinjiye mu masezerano n’ikipe yo mu Butaliyani, kandi bazi neza ko hari Amabasaderi w’iki gihugu, Lucca Attanasio, yariciwe mu Burasirazuba bwa RDC mu 2021 n’abo bivugwa ko ari abarwanyi ba FDLR basanzwe bafitanye umubano mwiza na RDC. Bashyingira kuri ibi bakavuga ko ba mukerarugendo bo mu Butaliyani batazabyemera gukorera ingendo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo kubera umutekano.

               MCN.
Tags: Abanye-CongoAc MilanKwigana u RwandaRdcYanenzwe
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

by Bahanda Bruce
March 17, 2026
0
AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa

AFC/M23/Twirwaneho Yigaruriye Bidasubirwaho Agace ka Kirungwa Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC)/M23/MRDP-Twirwaneho byemejwe ko ryamaze gufata mu buryo bwuzuye agace ka Kirungwa, gaherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo,...

Read moreDetails

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails
Next Post

Telesat closer to financing satellite network after Canada investment

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?