Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abanyekongo i Goma batwitse ama Bendera y’Amerika n’ayibihugu by’u bumwe bw’u Buraya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 7, 2024
in Regional Politics
0
Abanyekongo i Goma batwitse ama Bendera y’Amerika n’ayibihugu by’u bumwe bw’u Buraya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

K’u mugoroba wo k’uri uyu wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, Abanyekongo batwitse ama Bendera y’Amerika n’ayu bumwe bw’ibihugu by’u Buraya, i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu myigaragabyo abagwiriyemo urubyiruko rw’Abanyekongo bakoze igihe c’isaha z’u mugoroba, nyuma y’uko imirwano yari ikaze mu nkengero za Centre ya Sake, iri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Iy’i mirwano ikaba ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aho M23 bivugwa ko ikomeje kugaragaza ubutsinzi ndetse ikaba imaze kwa mbura FARDC n’abambari babo ibirindiro byinshi birimo ibyari mu marembo ya Sake.

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yemeje ay’amakuru ku masaha y’igitondo, avuga ko ingabo zabo zafahe ibirindiro byingenzi bya FARDC na SADC, kwa ChezMadimba.

Yagize ati: “Umusozi wingenzi wariho ibirindiro bikomeye by’ingabo za FARDC wa ChezMadimba, twawufashe. Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, bagabye ibitero biremereye mu baturage baturiye Malehe, Neenero, Nturo, Karuba n’ahandi. Ukwirwanaho kwacyu kurimo gucyecekesha intwaro zose zitera imibabaro abaturage.”

Ahagana mu masaha y’u mugoroba wajoro, Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, nawe yavuze ko bafashe ibindi birindiro by’ingabo za RDC, ibya Nturo ya mbere n’iyakabiri.

Yagize ati: “Ubu k’u gicamunsi two ngeye kwa mbura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibindi birindiro, nyuma ya ChezMadimba, twafashe n’ibya Nturo ya mbere n’iyakabiri, ha herereye mu mu marembo ya Sake.”

Ibi biri mu byatunye Abaturage na Wazalendo, i Goma bagumuka maze biha imihanda bitwaje ibyapa biriho inyandiko zamagana i Gihugu cy’u Bufaransa, Amerika n’u bumwe bw’ibihugu by’u Buraya.

Mu mvugo barimo bakoresha barimo bavuga bati: “Twanze imiryango mpuzamahanga, u Bufaransa, Amerika n’u bumwe bw’ibihugu by’u Buraya, muri abagome ni mwe mutera inkunga M23, ifashwa n’u Rwanda. Muri indyandya.”

Bruce Bahanda.

Tags: Abanyekongo i GomaBatwitse ama Bendera y'Amerika n'ayibihugu by'u bumwe bw'u Buraya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu mahanga zahanuriwe kw’itegura gutaha.

Impunzi z'Abanyekongo zahungiye mu mahanga zahanuriwe kw'itegura gutaha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?