• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abapasiteri, bavuga ko batangije ikanisa Zion Temple, basabye Urukiko kwemeza ko Dr Apôtre Paul Gitwaza, ko atakiri umushumba Mukuru muriri Torero.

minebwenews by minebwenews
November 1, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abapasiteri(Abashumba) batandatu, bavuga ko bari mu batangije i torero(i Kanisa), Zion Temple, basabye Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo, kwemeza ko Dr Apôtre Paul Gitwaza, ko atakiri umuvugizi w’iri torero, ngo kuko bamwirukanye umwaka ushize, nkuko babyivugira.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

M’u kwezi kwa Kabiri ( 2), umwaka ushize w’ 2022, bariya bapasitori batandatu, bishize hamwe bandikira Paul Gitwaza bamumenyesha ko akuwe ku mwanya wo kuyobora Zion Temple.

Mu mpamvu batanze, bagaragaje ko Paul Gitwaza afata imyanzuro ku giti cye ndetse no gusesagura umutungo w’itorero. Gusa i cyifuzo cyo kwirukana Dr Apôtre Gitwaza, nticyashizwe mu bikorwa nkuko byifuzwaga kuko urwego rw’igihugu rw’imiyoborere -RGB – rwari rwiyambajwe nabo bapasitori, rwavuze ko ibyakozwe binyuranyije n’amategeko.

RGB yavugaga ko abirukanye Gitwaza batabifitiye ububasha kuko umuyobozi w’itorero akurwaho n’inteko rusange. Icyemezo cya RGB kigumisha Gitwaza ku buyobozi bwa Zion Temple nticyanyuze abapasiteri batandatu bari bafashe iya mbere birukana umuyobozi wabo, maze bahitamo kwitabaza urukiko rwisumbuye rwa Gasabo.

Kuri uyu wa gatatu, tariki 01/11/2023, Urukiko rwatangiye kuburanisha uru rubanza, maze ruha ijambo abanyamategeko babiri(2), bahagarariye abaregwa. Aba banyamategeko basobanuye ko bifuza ko urukiko rwatesha agaciro umwanzuro wa RGB wemeza ko Gitwaza ari we muyobozi wa Zion Temple, ndetse bakanasaba ko urukiko rwemeza ko Paul Gitwaza atakiri umuyobozi w’itorero.

Ubwo basabwaga kugira icyo bavuga ku kirego, abavoka batatu(3), bari bahagarariye RGB ndetse na Paul Gitwaza uyobora Zion Temple, bavuze ko bafite inzitizi basaba ko zikurwa mu nzira mbere y’uko urubanza rutangira mu mizi yarwo.

Abashumba batandatu(6), bari inyuma y’ikirego batabifitiye ububasha bwo kugitanga mu izina rya Zion Temple. Bityo bumvikanishije ko Paul Gitwaza ari we uyobora Zion Temple, akaba ari nawe uyihagarariye imbere y’amategeko mu gihugu.

Abunganira abaregwa bumvikanishije ko abashumba bareze bakwiye kubikora ku giti cyabo kugirango n’igihe urubanza ruzaba rwatangiye mu mizi, bazabone uwo basaba indishi.

Usibye Paul Gitwaza uregwa muri uru rubanza, hanaregwamo i kigo cy’igihugu gishinzwe imiyoborere RGB ndetse na Pasiteri Kanyangoga Jean Bosco wari umuvugizi wungirije wa Zion Temple.

Umucamanza yavuze ko imyanzuro ku nzitizi zatanzwe n’abaregwa izasomwa tariki ya 24 z’uku kwezi kwa Cumi numwe (11), uyu mwaka.

By Bruce Bahanda.

Tags: Abapasiteri bavuga ko batangije ikanisa Zion TempleBasabye Urukiko kwemeza ko Dr Apôtre Paul Gitwaza ko atakiri umushumba Mukuru w'itorero rya Zion Temple
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Umubare w'abasirikare b'u Burundi, baguye muntambara ihanganishijije M23 n'ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, wa menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?