Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abapfulero b’injiye mu rujijo nyuma y’uko Abanyamulenge bahunze ku Bwegera.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 24, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe Abapfulero ku Bwegera, basabye ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, kubarindira umutekano bitaba ibyo bagafata iy’ubungiro nk’ibyaraye bibaye ku Banyamulenge, bamaze guhunga ako gace.

You might also like

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Mutualite y’Abapfulero, baturiye u Mujyi wa Uvira, bakoreye i Nama idasanzwe ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. N’i Nama yarigamije kwigirahamwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abapfurero, batuye ku Bwegera, ku bijanye n’umutekano wabo, nyuma y’uko Abanyamulenge bahunze bava ku Bwegera.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira avuga ko muri iriya Nama Abapfulero ba buriwe nabo gufata iy’ubungiro ngo kuko icyatumye Umunyamulenge ahunga gikomeye.

Ati: “Abasirikare ba FARDC, nibataza kurinda u mutekano w’abapfulero, ibyabaye ku Muturare mu myaka yashize bishobora kongera kuba k’u Bwegera.”

“Nta mututsi upfa guhunga buriya hari icyihishe inyuma yo guhunga kwabo.” Ibi n’ibyagiye bivugwa muriyo Nama ya Bapfulero.

Hari nandi makuru avuga ko umwe mungabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri Regima, ikorera mu Ruvunge, uzwi kw’izina rya Colonel Emmanuel, yabwiye Abapfulero ati: “Igihe cyanyu mwebwe Abapfulero cyegereje.”

Nk’uko twa bwiwe iy’i nkuru, n’uko ataberuriye igihe icyaricyo. Ibi ngo byashize Abapfulero murujijo bamwe basobanuye ko “arigihe cyiza ku Bapfulero abandi n’abo bavuga ko cyaba arigihe kibi kigiye kwinjira mu Bapfulero.”

Tubibutsa ko Abanyamulenge bose bamaze guhunga ku Bwegera, bagana iy’ubungiro. Muri bimwe Abanyamulenge bahunze harimo ko leta ya Kinshasa yanze kubarindira umutekano, hubwo ikohereza Wazalendo iyo bowe na Colonel Lama, aho kubarinda Wazalendo bagashimuta Abanyamulenge no kubica.

Abanyamulenge ba barirwa muri zamirongo biciwe ku Bwegera abandi barenga 10 bagiye bashimutwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Abapfulero b'injiye mu rujijo nyuma y'uko Abanyamulenge bahunze ku BwegeraKa Kamba
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

by Bruce Bahanda
July 12, 2025
0
Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC.

Uhuru yaganiriye na perezida Kagame kubyerekeye u Burasirazuba bwa RDC. Uhuru Kenyatta wahoze ayobora Kenya akaba ari n'umwe mubahuza mu bibazo by'intambara ibera mu Burasizuba bwa Repubulika ya...

Read moreDetails

Bimwe mu biremereye Leta y’i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro by’i Doha.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Bimwe mu biremereye Leta y'i Kinshasa yasabwe na AFC/M23 mu biganiro biri kubera i Doha. Ibiganiro by'imishyikorano biri kubera i Doha muri Qatar byahuriyemo Leta ya Congo n'umutwe...

Read moreDetails

Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

Avugwa mu biganiro by'i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n'iza leta y'i Kinshasa. Ibiganiro by'imishyikirano byahuriyemo intumwa z'umutwe wa M23 n'iza leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Ikibuga cy’indege cya Goma kirimo gukorwa neza.

Ikibuga cy'indege cya Goma kirimo gukorwa neza. Ikibuga cy'indege mpuzamahanga cya Goma ho mu ntara ya Kivu y'Amajyaruguru mu Burasizuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kiri gutunganywa...

Read moreDetails

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Icyo M23 isaba RDC gukora mbere yuko impande zombi zisubira mu biganiro i Doha.

Icyemezo perezida Museveni yafashe cyanyuze AFC/M23 inamugenera ubutumwa. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryashimiye perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni ku cyemezo yafashe cyo gufungura imipaka ihuza...

Read moreDetails
Next Post

Uvira, umuyobozi w'Ishirahamwe rya Red-Cross, yagabweho Igitero nabo bike kwa kwari Wazalendo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?