• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abari i Kaziba batangiye guhonja amahoro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 30, 2025
in Regional Politics
0
I Kaziba ihuriro ry’ingabo za Congo ryayabangiye ingata, ivumbi riratumuka.
74
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abari i Kaziba batangiye guhonja amahoro.

You might also like

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

Abaturage bo mu bwoko b’Abashi n’Abasharishari baturiye igice cya Kaziba giheruka kubohozwa n’umutwe wa M23 batangiye kumva ibyiza by’amahoro.

Bikubiye mu butumwa umwe mu baturage batuye i Kaziba yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho ubwo butumwa bugira buti: “Tumeze neza. Tumaze kabiri dusinzira nta kindi kibazo. Muri iyi minsi M23 igenzura hano nta kavuyo.”

Yongeyeho ati: “Dutangiye kumva impumuro y’amahoro. Ni byiza cyane.”

Umutwe wa M23 wabohoje iki gice ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, nyuma y’imirwano ikomeye yasize ingabo za Congo n’abambari bazo bayabangiye ingata.

Aba baturage banabwiye Minembwe Capital News ko ririya huriro ry’ingabo za Congo zahungiye mu misozi miremire iherereye muri teritware ya Uvira na Mwenga ugana mu bice biherereye mu Kibaya cya Rusizi werekeza i Uvira.

M23 yafashe iki gice mu gihe Wazalendo na FDLR bakorana byahafi n’ingabo za Congo n’iz’u Burundi bari bagize igihe babangamiye abaturage baho. Bikavugwa ko bababuguzaga bakoresheje amabariyeri, ubundi bakabica.

Mubyo babanyagaga, birimo amafaranga, amatungo n’ibinyabiziga.

Usibye nibyo, bafataga n’abagore ku ngufu ndetse n’abakobwa.

Bizwi ko ibice bigenzurwa n’uyu mutwe wa M23 birangwamo amahoro n’ituze. Ibyo byagaragaye i Masisi, Rutshuru, Goma, Bukavu na Minembwe hagenzurwa na Twirwaneho na M23.

Tags: amahoroKaziba
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Gen.Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe, anahishyura gahunda bafitanye.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Auto Draft

Gen. Muhoozi yongeye kuvuga uburyo UPDF na RDF ari abavandimwe anahishyura gahunda bafitanye. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi yatangaje ko igisirikare cya Uganda n'icy'u Rwanda...

Read moreDetails

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda.

Byakaze Imbonerakure zirwana muri RDC zashinje Leta yabo kuzihenda. Imbonerakure zirwanya ihuriro rya AFC/M23/MRDP mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirashinja Leta y'u Burundi kuzibeshya amafaranga....

Read moreDetails

Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Perezida Kagame yaganiriye n’abakuru b’ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC.

Perezida Kagame yaganiriye n'abakuru b'ibihugu byo muri EAC na SADC ku bibazo cya RDC. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, hamwe n'abandi bakuru b'ibihugu byo mu muryango wa...

Read moreDetails

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n’ingabo za RDC.

Amerika yafatiye ibihano bikakaye umwe mu mitwe yitwaje intwaro ukorana byahafi n'ingabo za RDC. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zafatiye ibihano bikakaye umutwe witwaje intwaro wa PARECO wo muri...

Read moreDetails

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

by Bruce Bahanda
August 13, 2025
0
Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe.

Deputy Commandate mu cyunamo yasabye Abanyamulenge gusenyera ku mugozi umwe. Mu nkambi y'impunzi y'i Nakivale muri Uganda icyumbikiye abantu benshi barimo abaturutse mu bihugu bitandukanye harimo n'icya Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Menya agace kabereyemo imirwano ikomeye uyu munsi muri Kivu y’Amajyepfo.

Menya agace kabereyemo imirwano ikomeye uyu munsi muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?