• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abari i Kaziba batangiye guhonja amahoro.

minebwenews by minebwenews
April 30, 2025
in Regional Politics
0
I Kaziba ihuriro ry’ingabo za Congo ryayabangiye ingata, ivumbi riratumuka.
74
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abari i Kaziba batangiye guhonja amahoro.

You might also like

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

Abaturage bo mu bwoko b’Abashi n’Abasharishari baturiye igice cya Kaziba giheruka kubohozwa n’umutwe wa M23 batangiye kumva ibyiza by’amahoro.

Bikubiye mu butumwa umwe mu baturage batuye i Kaziba yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, aho ubwo butumwa bugira buti: “Tumeze neza. Tumaze kabiri dusinzira nta kindi kibazo. Muri iyi minsi M23 igenzura hano nta kavuyo.”

Yongeyeho ati: “Dutangiye kumva impumuro y’amahoro. Ni byiza cyane.”

Umutwe wa M23 wabohoje iki gice ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, nyuma y’imirwano ikomeye yasize ingabo za Congo n’abambari bazo bayabangiye ingata.

Aba baturage banabwiye Minembwe Capital News ko ririya huriro ry’ingabo za Congo zahungiye mu misozi miremire iherereye muri teritware ya Uvira na Mwenga ugana mu bice biherereye mu Kibaya cya Rusizi werekeza i Uvira.

M23 yafashe iki gice mu gihe Wazalendo na FDLR bakorana byahafi n’ingabo za Congo n’iz’u Burundi bari bagize igihe babangamiye abaturage baho. Bikavugwa ko bababuguzaga bakoresheje amabariyeri, ubundi bakabica.

Mubyo babanyagaga, birimo amafaranga, amatungo n’ibinyabiziga.

Usibye nibyo, bafataga n’abagore ku ngufu ndetse n’abakobwa.

Bizwi ko ibice bigenzurwa n’uyu mutwe wa M23 birangwamo amahoro n’ituze. Ibyo byagaragaye i Masisi, Rutshuru, Goma, Bukavu na Minembwe hagenzurwa na Twirwaneho na M23.

Tags: amahoroKaziba
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails
Next Post
Menya agace kabereyemo imirwano ikomeye uyu munsi muri Kivu y’Amajyepfo.

Menya agace kabereyemo imirwano ikomeye uyu munsi muri Kivu y'Amajyepfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?