• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n’abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe “safisha mujyi wa Goma.”

minebwenews by minebwenews
April 28, 2024
in World News
0
Abarimo abagore, abapolisi, abasivile n’abasirikare bafatanwe imbunda muri operasiyo yiswe “safisha mujyi wa Goma.”
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hafashwe abagizi ba nabi barimo abagore, abapolisi, abasivile n’abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC).

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni muri operasiyo yakozwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 27/04/2024, izwi ku izina rya “Safisha mujyi wa Goma,” nibwo abagizi ba nabi bakekwaho kwica no gukora ubujura bafashwe, maze bashikirizwa ubuyobozi n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bavuga ko abagera ku icumi na barindwi kwari bo batawe muri yombi, nk’uko bya nemejwe na Meya w’u mujyi wa Goma. Muri abo hafashwe abasirikare barindwi bo mu ngabo za FARDC, Wazalendo babiri, abasivile barindwi ndetse n’umugore umwe.

Nyuma yo gufatwa, ubuyobozi bw’u mujyi wa Goma, bwa hamagaye abanyamakuru maze haba kwerekana abagizi ba nabi, bavuzwe ko ari bo bari nyuma y’ubwicanyi bugize igihe bukorerwa abasivile mu mujyi wa Goma.

Mu gikorwa cyakozwe cyo kwereka Abanyamakuru abagizi ba nabi, hatangajwe n’amazina ya bamwe muri abo bagizi banabi batawe muri yombi.

Hari uwitwa Captain Kingombe Douglas, umugore we, hafashwe n’imbunda uwo mugore wa Captain Douglas yakoreshaga mu kw’iba.

Hari kandi Mutelezi Akandanawa, Ngoy Yowe Alpha wo muri brigade ya 11, Patrick Mundongo Shandrack, Ushindi Byamungu n’abandi.

          MCN.
Tags: AbagoreAbapolisiabasirikareHafashweMujyi wa GomaOperasiyoSafisha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriro rya AFC ryagize icyo rivuga kuri perezida Emmanuel Macron uri mu myiteguro yo kwakira Tshisekedi Tshilombo, uwo bise umujenosideri.

Ihuriro rya AFC ryagize icyo rivuga kuri perezida Emmanuel Macron uri mu myiteguro yo kwakira Tshisekedi Tshilombo, uwo bise umujenosideri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?