Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo abasirikare 9 n’abasivili benshi, baguye mu ntambara za moko muri Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 16, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru y’ukuri y’Umzalendo ukomeye wapfuye aguye mu mirwano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo abasirikare 9 n’abasivili benshi, baguye mu ntambara za moko muri Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Inzego z’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo zatangaje ko abantu 70 barimo abasirikare 9 baguye mu gitero abantu bitwaje imbunda bagabye mu bice biherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu.

Agace kagabwemo igitero kitwa Kinsele, kari mu birometro 100 uvuye ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (Kinshasa). Ayamakuru avuga ko umutwe w’inyeshamba wagabye iki gitero ari uwa Mobondo.

Nk’uko bivugwa icyo gitero cyagabwe ku wa Gatandatu wakiriya Cyumweru gishize.

Abarwanyi bagabye iki gitero bo mu mutwe wa Mobondo bavuga ko baharanira uburenganzira bwabo bw’aba Yaka.

Umuyobozi wungurije wa teritwari ya Kwamauth, David Bisaka, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, ko hamaze kuboneka imirambo y’abantu 72 baguye muri icyo gitero.

Intambara hagati ya moko y’Abayaka na Teke yavutse mu myaka yo hambere ariko biza gufata indi ntera mu 2022.

Ubwoko bw’aba Teke bwiyita kavukire mu gihe bubona nk’abimukira abamoko yandi, ahanini abo mu b’a Yaka baje gutura hafi y’uruzi rwa Congo mu myaka yo hambere.

Gusa mu kwezi Kane uyu mwaka hari hasinywe amasezerano yo guhuza impande zombi ndetse na perezida Tshilombo ahari, imvururu zikaba zongeye gukara, n’ingabo za RDC zoherejweyo kubihoshya zarananiwe.

Kinsere iri muri teritwari ya Kwamauth. Mu myaka ibiri ishize imvururu zariyongereye zihitana abasivile babarirwa mu magana.

Izi mvururu ziraba mu Burengerazuba bw’iki gihugu mu gihe no mu Burasirazuba bwacyo Ingabo za FARDC nabazishyigukiye zihanganye n’umutwe wa m23. Aka karere ko mu Burasirazuba bw’iki gihugu, kabarirwamo imitwe y’abarwanyi 120. Buri umwe urashaka amabuye y’agaciro n’indi mitungo kamere iharangwa.

         MCN.
Tags: Aba YakaImvururuKwamauthTeke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy’u Burundi.

Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?