Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo abasirikare 9 n’abasivili benshi, baguye mu ntambara za moko muri Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 16, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru y’ukuri y’Umzalendo ukomeye wapfuye aguye mu mirwano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo abasirikare 9 n’abasivili benshi, baguye mu ntambara za moko muri Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Inzego z’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo zatangaje ko abantu 70 barimo abasirikare 9 baguye mu gitero abantu bitwaje imbunda bagabye mu bice biherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu.

Agace kagabwemo igitero kitwa Kinsele, kari mu birometro 100 uvuye ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (Kinshasa). Ayamakuru avuga ko umutwe w’inyeshamba wagabye iki gitero ari uwa Mobondo.

Nk’uko bivugwa icyo gitero cyagabwe ku wa Gatandatu wakiriya Cyumweru gishize.

Abarwanyi bagabye iki gitero bo mu mutwe wa Mobondo bavuga ko baharanira uburenganzira bwabo bw’aba Yaka.

Umuyobozi wungurije wa teritwari ya Kwamauth, David Bisaka, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, ko hamaze kuboneka imirambo y’abantu 72 baguye muri icyo gitero.

Intambara hagati ya moko y’Abayaka na Teke yavutse mu myaka yo hambere ariko biza gufata indi ntera mu 2022.

Ubwoko bw’aba Teke bwiyita kavukire mu gihe bubona nk’abimukira abamoko yandi, ahanini abo mu b’a Yaka baje gutura hafi y’uruzi rwa Congo mu myaka yo hambere.

Gusa mu kwezi Kane uyu mwaka hari hasinywe amasezerano yo guhuza impande zombi ndetse na perezida Tshilombo ahari, imvururu zikaba zongeye gukara, n’ingabo za RDC zoherejweyo kubihoshya zarananiwe.

Kinsere iri muri teritwari ya Kwamauth. Mu myaka ibiri ishize imvururu zariyongereye zihitana abasivile babarirwa mu magana.

Izi mvururu ziraba mu Burengerazuba bw’iki gihugu mu gihe no mu Burasirazuba bwacyo Ingabo za FARDC nabazishyigukiye zihanganye n’umutwe wa m23. Aka karere ko mu Burasirazuba bw’iki gihugu, kabarirwamo imitwe y’abarwanyi 120. Buri umwe urashaka amabuye y’agaciro n’indi mitungo kamere iharangwa.

         MCN.
Tags: Aba YakaImvururuKwamauthTeke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy’u Burundi.

Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?