Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo ingabo z’u Burundi bahuye n’uruva gusenya mu mirwano irimo kubera muri Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 19, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo ingabo z’u Burundi bahuye n’uruva gusenya mu mirwano irimo kubera muri Kivu Yaruguru.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo ingabo z’u Burundi bahuye n’uruva gusenya mu mirwano irimo kubera muri Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abasirikare ba rwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa 48 baraye baguye mu ntambara bahanganyemo n’umutwe wa M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo hashize itariki ya 18/11/2024, aho yarimo ibera muri teritware ya Lubero.

Amakuru ava muri ibyo bice MCN imaze kwa kira ahamya neza ko intumbi ahanini zigwiriyemo ingabo z’u Burundi zisanzwe zifatikanya na Wazalendo n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ku rwanya M23 zatoraguwe neza mu gace kitwa Manzia.

Muri izo ntumbi inyinshi zari iz’ingabo z’u Burundi, izindi zikaba zarimo interahamwe(FDLR).

Ni mu gihe aka gace ka Manzia kari gasanzwemo ibirindiro bikomeye by’ingabo z’u Burundi na FDLR ndetse na Wazalendo bake.

Aka gace byarangiye kigaruriwe n’uyu mutwe wa M23 nyuma y’uko aba barwana ku ruhande rwa Leta bahaguye ari benshi abandi nabo babarirwa mu magana barakomereka.

Ku rundi ruhande, muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, hafi na Manzia humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi, bikavugwa ko M23 ikomeje urugendo rwo kwambura ihuriro ry’Ingabo za RDC utundi duce two muri iyi teritware ya Lubero.

Kimwecyo, nta gace karamenyekana uyu mutwe wa M23 woba wafashe muri iki gitondo, ariko aya makuru dukomeje kuyakurikiranira hafi.

M23 isanzwe itsinda cyane ingabo za FARDC n’abambari bazo muri iyi ntambara imaze hafi imyaka itatu ibera muri Kivu Yaruguru.
Kuko niyo ifite ubutaka bunini igenzura bwo muri teritware za Masisi, Lubero, Rutshuru na Walikale iheruka kwinjiramo mu byumweru bibiri bishyize.

Tags: Ingabo z'u BurundiLubero
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
I Mulenge: Imirwano hagati y’ingabo z’u Burundi na Red-Tabara yavuzwemo amacenga.

I Mulenge: Imirwano hagati y'ingabo z'u Burundi na Red-Tabara yavuzwemo amacenga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?