
Bari i Lubumbashi bashizeho amasezerano azarushaho gutuma Congo ibanziza nkuko babyivugiye.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 15.04.2023, saa 7:00 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, dukesha Radio Okapi avuga ko kumunsi w’ejo hashize tariki 14.04.2023, abanyapolitike batavuga rumwe nubutegetsi bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC), aribo Moïse Katumbi, Matata Mponyo, na Martin Fayulu bemeje ko bagomba gukorera hamwe kugira bagire Congo nziza.
Ibi babyemeje munama yabahurije i Lubumbashi ho muntara ya Katanga kuruyu wa Gatanu, ibi biganiro bakaba bari bamaze igihe babitegura.
Mubyo babashe kwemeza bagize bati : “Tuzahuza imbaraga zihuriweho naburi mwenegihugu, kugira turusheho gutera imbere no kubahana, ndetse nogushaka ica tuma Igihugu cacu cubahwa nuzacumva wese.”
Ikindi nuko aba bagabo bari muba kandida biteguriye guhatanira umwanya wa Président muriki gihugu ca Congo Kinshasa, mumatora ateganijwe kuba mukwezi kwa 12.




