Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo na Wazalendo bongeye gukubitwa ahababaza mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu, ibereye mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 27, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo na Wazalendo bongeye gukubitwa ahababaza mu mirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu, ibereye mu bice byo muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 27/03/2024, ibisasu biturika cyane byo ngeye ku mvikana mu bice byo muri Grupema ya Kamuronza, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ahagana isaha ya sa kenda z’urukerera, ku masaha ya Minembwe na Bukavu, n’ibwo Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi, zifashijwe n’abarimo SADC, FDLR, abacanshuro, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, bakoresheje imbunda ziturika cyane batera ibirindiro bya M23 n’ahatuwe n’abaturage mu nkengero za centre ya Sake.

Amakuru avuga ko imirwano yo kuri uyu wa Gatatu ko yongeye ku mvikanamo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito ko kandi amasasu yarimo agwa ahatuwe n’abaturage benshi, nk’uko byatangajwe n’urubuga rwa Secret de la RDC .

Uru rubuga rwe meje ko ibyo bitero koko ko byagabwe n’abarimo ingabo za FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, na SADC.

Mu butumwa ruriya rubuga rwatanze bugira buti: “Guhera isaha ya 3:00 Am, ingabo za Cyril Ramaphosa, General Neva n’iza Félix Tshisekedi, harimo na barwanyi bo mu mutwe wa FDLR, abacanshuro na Wazalendo, bateye ibisasu biremereye ahatuwe n’abasivile.”

Ubwo butumwa bukomeza buvuga ko ku ruhande rw’ingabo za M23 bakomeje ku rwana ku baturage no kubarinda umwanzi ntabashye kubica.

Iy’i mirwano ije ikurikira iyabaye ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 26/03/2024, aho yasize M23 ikubise ahababaza ingabo z’u Burundi, Wazalendo SADC na FARDC.

Bya navuzwe kandi ko mu duce twa bereyemo urugamba twa Nyange na Gatovu ko byarangiye M23 itwigaruriye ndetse yigarurira n’inkengero zatwo.

Justin uherereye i Masisi mu birometre bike naho imirwano yabereye ya bwiye Minembwe Capital News ko Ingabo z’u butegetsi bwa Tshisekedi ko zongeye kwirukanwa mu bice byose bari bagabyemo ibitero kuri uyu wa Gatatu.

             MCN.
Tags: Bakubiswe ahababazaKamuronzaMasisiMu mirwano yo kuri uyu wa GatatuSake
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo batari bake bamaze gupfira mu mirwano yabasakiranije n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), i Nyangezi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Wazalendo batari bake bamaze gupfira mu mirwano yabasakiranije n'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), i Nyangezi mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?