• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo n’Abafaransa bamaganye imvugo y’umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Anthony Blinken ipfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
April 11, 2024
in Regional Politics
0
Abarimo n’Abafaransa bamaganye imvugo y’umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Anthony Blinken ipfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

IBUKA yamaganye imvugo ya Antony Blinken ipfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni ubutumwa bw’umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony Blinken, bugaragaza kugoreka amateka no gupfubya genocide yakorewe Abatutsi, bukaba bwa maganwe n’umuryango uharanira inyungu z’Abarokotse genocide, IBUKA.

Nk’uko bigaragara ubutumwa bwo kwa magana bwatanzwe na perezida w’umuryango uharanira inyungu z’Abarokotse genocide, IBUKA, bwana Dr Philibert Gakwenzire, avuga ko imvugo ya Antony Blinken igayitse.

Avuga kandi ko ubutumwa bwa Antony Blinken bufitanye isano n’uburyo igihugu cya leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyanze gutanga ubutabazi ubwo genocide yakorwaga hubwo bakavuga ko ari ubwicanyi busanzwe.

Ati: “Imvugo nkiriya y’umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ni imvugo rwose twebwe nk’abarokotse genocide yakorewe Abatutsi ariko na none nk’u muryango wa IBUKA, duhagarariye ibikorwa, inyungu z’Abarokotse, ni imvugo igayitse.”

Yakomeje agira ati: “Biratangaje ko umuyobozi wo k’urwego nka ruriya akomeza agakoresha iriya mvugo. Biragaragara ko ni politike y’agasuzuguro iba iri aho ngaho, yo kudaha agaciro uwishwe.”

Si Abanyarwanda bonyine bamaganye imvugo ya Antony Blinken ipfobya genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, kuko n’umunyamateka w’u mufaransa kazi, dr Hélène Dumas akaba n’umwe mu banditse ibitabo kuri genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, avuga ko ubutumwa bwa Blinken bwa mubabaje kuko budaha agaciro ukuri kw’amateka.

Ati: “Nkimara ku busoma, mu byukuri ni ikintu mu buzima bwanjye cyambabaje, byambabaje nk’u munyamateka. Ndatekereza ko ari ubutumwa budaha agaciro ukuri kw’amateka. Yakagombye gutandukanya, kuvangura ubwoko bw’amakimbirane y’abaye muri iki gihugu kuko genocide yakorewe Abatutsi ari icyaha cyihariye ki kaba gifite umwihariko wacyo.”

Uyu mufaransakazi yakomeje avuga ati: “Ubutumwa bwa Blinken bugaragaza ko mu myaka 30 ishize, amateka yanditswe, ubuhamya bwatanzwe hari bamwe butahinduye bikaduha umukoro wo kugaragaza ukuri kuri genocide mu rwego rwo guhangana n’ubutumwa bugoreka ukuri.”

Ubutumwa Blinken yanyujije ku rukuta rwe rwa x, yagize ati: “Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zifatanije n’Abanyarwanda mu kwibuka ku nshuro ya 30 inzira karengane za genocide. Turunamira abantu ibihumbi byinshi by’Abatutsi, Abahutu, Abatwa hamwe n’Abandi babuze ubuzima bwabo mu gihe cy’iminsi 100 y’ubwicanyi butavugwa.”

Richard Gisagara w’u munyamategeko we ngwasanga ko Anthony Blinken atari akwiye gutanga ubu butumwa muri ibi bihe nk’u muntu uzi genocide icyo aricyo ndetse n’amategeko ayihana yashizweho umukono mu 1948.

Ahagana mu 2006, urukiko mpuzamahanga mpana byaha rwashyiriweho u Rwanda rwemeje ko genocide yabaye mu Rwanda ari iyakorewe Abatutsi.

Bigeze mu mwaka w ‘ 2018, byemezwa n’umuryango w’Abibumbye ko tariki ya 07/04, izaba umunsi mpuzamahanga wahariwe kwibuka genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka w ‘1994.

                 MCN.
Tags: AbafaransaBlinken AntonyImvugo ipfobya genocide
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Umwe mu Banyekongo bazwi cyane muri politiki, yavuze ko igihugu cya Congo Kinshasa kitagira abanyabwenge.

Umwe mu Banyekongo bazwi cyane muri politiki, yavuze ko igihugu cya Congo Kinshasa kitagira abanyabwenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?