• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarinyuma y’ubwicanyi n’Ishimutwa bikorerwa abanyekongo ba Banyamulenge ku Bwegera, bamenyekanye.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, burashinjwa kuba inyuma y’ubwicanyi n’ishimutwa bikorerwa Abanyamulenge mu bice byo ku Bwegera, muri Grupema ya ka Kamba, Chefferie ya Plaine Dela Ruzizi, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Leta ya Perezida Félix Tshisekedi, ikoresheje ingabo za RDC, muri regima ya 3304, iba i Luvungi, homuri teritwari ya Uvira, bivugwa ko banyura muri Wazalendo bayobowe n’uwita Colonel Lamu, ba kica Abanyamulenge no kubashimuta.

Ibi bigize igihe bikorwa ariko nyuma y’Ijambo rya Félix Tshisekedi, ryo kw’itariki 09/12/2023, ubwo yageraga i Makobola na Uvira, ari mu gikorwa cyo kw’iyamamaza, yabwiye abaturage ati: “Tugiye kumaraho abanzi b’igihugu n’abagisahura.” Bya vuzwe ko yaciye amarenga ariko yaravuze ko leta ye igiye kumaraho abo mu bwoko bw’Abatutsi.

Mw’ijoro ryakeye ryo kw’itariki 19/12/2023, rishira kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, ku Bwegera haraye hiciwe umusore w’u Munyamulenge, uri mu kigero cy’imyaka 27 y’amavuko witwa Bienfait Bisetsa, mugihe nyina umubyara, uzwi kw’izina rya Nyasine we yashimuswe aho bamushimutanye n’umukozi we wo murugo, uzwi kw’izina rya Patrick.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko abarinyuma y’ubwo bwicanyi ari Wazalendo bayobowe n’uwita Colonel Lamu.

Colonel Lamu, aheruka guhabwa imyambaro ya FARDC ayihawe n’ingabo za RDC zomuri regima ya 3304, nyuma yokwambikwa iriya myambaro, FARDC yamuhaye uburenganzira bwo kugenzura umutekano wose wa Bwegera. Ibi byatumye ahamagara Maï Maï zabaga mw’Ishamba kuri ubu izo Maï Maï nizo zireba Bwegera arinaho haraye hiciwe Abanyamulenge abandi barashimutwa.

Perezida Félix Tshisekedi, muri ibi bihe byo kw’iyamamaza yahaye ububasha Wazalendo kugira ngo bakore ibyo bashaka byose arinabyo bituma bica Abanyamulenge ariko Ingabo z’igihugu zigatinya kubafunga.

Umuturage uherereye Bwegera, yatanze ubuhamya bw’uko Bisetsa yaraye yishwe na Wazalendo bayobowe n’uwita Colonel Chumvi.

Yagize ati: “Wazalendo bayobowe n’uwita Colonel Chumvi, baraje binjira kwa ba Bisetsa waraye yishwe, basanze inzu ikinze batera ikibuye ku Rugi, ruhita rukinguka.”

Yakomeje avuga ati: “Bakimara kwinjira bahise bafata Bisetsa batangira gukubita arinabwo baje kumurasa mu mutwe arapfa. Nyuma baje gufata mama we n’umukozi undi mukobwa wari munzu we yanyuze mwidirisha arahunga, ninawe waje kuvuza induru abantu baratabara hariguhe cisaha za saamoya z’umugoroba.”

Bruce Bahanda.

Tags: AbanyekongoAbarinyuma y'ubwicanyi n'Ishimutwa bikorerwa AbanyamulengeBamenyekanyeKu Bwegera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Félix Tshisekedi, yahawe itariki ntarengwa yokuba yamaze kuzinga akava k'u butegetsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?