• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarundi ba buriwe kutarangazwa na majambo ya perezida Evariste Ndayishimiye.

minebwenews by minebwenews
March 1, 2024
in Regional Politics
0
Abarundi ba buriwe kutarangazwa na majambo ya perezida Evariste Ndayishimiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Charles Mukasi wo mu i Shyaka rya UPRONA, akaba yari geze kuyobora iryo Shyaka, yavuze ko kuba leta ya Evariste Ndayishimiye ikomeza gushinja u Rwanda gufasha inyeshamba za Red Tabara, ko ari ntakindi ki byihishe inyuma usibye guhuma amaso abarundi batabona ubuzima bu bi igihugu cyabo kirimo gucyamo muri iki gihe.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni byatangajwe na Charles Mukasi, ubwo yari mu kiganiro na Radio Inzamba agateka kawe, yavuze ko buri gihe ubutegetsi bw’ishyaka CNDD FDD riyoboye u Burundi, iyo ibintu bitifashe neza mu gihugu bareba abo bubyegekaho mu rwego rwo kurangaza abaturage.

Yagize ati: “Iyo ubutegetsi bufite ibibazo, mu gihe kuyobora igihugu biba bya bananiye, akenshi bashaka urwitwazo mu rwego rwo kurangaza abaturage ngo byitwe ko hari ikintu kinini barimo gukora. Bateza intambara ahandi bakarema ikintu cy’u bushamirane, kugira ngo babone umwanzi.”

Yakomeje agira ati: “Bashaka umwanzi hanze kugira ngo abaturage bibwire ko bari mu bihe byo ku rwanya umwanzi. Niyo mpamvu CNDD FDD irimo kwitwaza u Rwanda.”

Kuva mu mpera z’u mwaka ushize ubutegetsi bw’u Burundi bwa kunze gushinja u Rwanda, kuba ari rwo ruha ubufasha, imyitozo, n’ibindi umutwe wa Red Tabara irwanya leta y’icyo gihugu.

Guverinoma y’u Rwanda yahakanye ibyo birego ndetse ivuga ko ntaho ihuriye n’inyeshamba izari zo zose.

Nk’uko bizwi umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara usanzwe utuye mu mashamba yo muri Hauts-Plateaux, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. No mu gihe uy’u mutwe ushaka kugaba ibitero uza uvuye muri ayo mashamba yo mu misozi ya Uvira, Mwenga na Fizi.

                 MCN.
Tags: AbarundiAmajamboBa buriwe kutarangazwaEvariste Ndayishimiye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.

Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b'Ingabo z'i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?