Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarundi ba buriwe kutarangazwa na majambo ya perezida Evariste Ndayishimiye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 1, 2024
in Regional Politics
0
Abarundi ba buriwe kutarangazwa na majambo ya perezida Evariste Ndayishimiye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Charles Mukasi wo mu i Shyaka rya UPRONA, akaba yari geze kuyobora iryo Shyaka, yavuze ko kuba leta ya Evariste Ndayishimiye ikomeza gushinja u Rwanda gufasha inyeshamba za Red Tabara, ko ari ntakindi ki byihishe inyuma usibye guhuma amaso abarundi batabona ubuzima bu bi igihugu cyabo kirimo gucyamo muri iki gihe.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni byatangajwe na Charles Mukasi, ubwo yari mu kiganiro na Radio Inzamba agateka kawe, yavuze ko buri gihe ubutegetsi bw’ishyaka CNDD FDD riyoboye u Burundi, iyo ibintu bitifashe neza mu gihugu bareba abo bubyegekaho mu rwego rwo kurangaza abaturage.

Yagize ati: “Iyo ubutegetsi bufite ibibazo, mu gihe kuyobora igihugu biba bya bananiye, akenshi bashaka urwitwazo mu rwego rwo kurangaza abaturage ngo byitwe ko hari ikintu kinini barimo gukora. Bateza intambara ahandi bakarema ikintu cy’u bushamirane, kugira ngo babone umwanzi.”

Yakomeje agira ati: “Bashaka umwanzi hanze kugira ngo abaturage bibwire ko bari mu bihe byo ku rwanya umwanzi. Niyo mpamvu CNDD FDD irimo kwitwaza u Rwanda.”

Kuva mu mpera z’u mwaka ushize ubutegetsi bw’u Burundi bwa kunze gushinja u Rwanda, kuba ari rwo ruha ubufasha, imyitozo, n’ibindi umutwe wa Red Tabara irwanya leta y’icyo gihugu.

Guverinoma y’u Rwanda yahakanye ibyo birego ndetse ivuga ko ntaho ihuriye n’inyeshamba izari zo zose.

Nk’uko bizwi umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara usanzwe utuye mu mashamba yo muri Hauts-Plateaux, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. No mu gihe uy’u mutwe ushaka kugaba ibitero uza uvuye muri ayo mashamba yo mu misozi ya Uvira, Mwenga na Fizi.

                 MCN.
Tags: AbarundiAmajamboBa buriwe kutarangazwaEvariste Ndayishimiye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b’Ingabo z’i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.

Bimwe mu biteranije abagaba bakuru b'Ingabo z'i bihugu bifite abasirikare bahanganye na M23, bya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?