• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarundi babuze amahitamo nyuma y’uko babujijwe kuja gushakira lisansi Uvira, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2024
in Regional Politics
0
Abarundi babuze amahitamo nyuma y’uko babujijwe kuja gushakira lisansi Uvira, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Lisansi ntizongera gucururizwa i Kamvimvira ku mupaka uhuza Congo n’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byatangajwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo (DGM). Iki cyemezo cyahangayikishije benshi barimo abashoferi b’Abarundi bajyaga gushakira lisansi muri Uvira.

Iyi ngingo yo gufunga ubwo bucuruzi ije nyuma y’aho lisansi icyururizwa aho ku mupaka.

Kuri uyu wa Kane hari abashoferi bari bazanye imodoka zabo gushakira lisansi ku mupaka wa Kamvimvira, bavuga ko bahageze basanga nta lisansi iharangwa. Abacuruzi b’Abanyekongo bavuga ko birukanwe n’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka ku mupaka wa kavimvira.

Ababirenzeho inzego z’u mutekano zarimo zihita zifata iyo lisansi zikayitwara.

Ahanini abakora ubucuruzi bwa lisansi ku mupaka nabafite za resitora, abotsa inyama, ndetse n’abacuruzi ba lisansi batavanga n’ikindi.

Gusa basabye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka rwa leta ya Kinshasa, rwafashe iki cyemezo cyo kuba fungira kubadohorera, bagakomeza imirimo yabo kuko ari yo ibatungiye imiryango.

Nyuma yo gufunga isoko rya lisansi ryo ku mupaka , Abarundi baza gushakira lisansi muri Uvira, babuze aho berekeza. Mu Burundi nta lisansi ihari; byatumye babura amahitamo bongera kwerekeza i Bujumbura.

Mu itegeko uru rwego rushinzwe abinjira n’abasohoka ku mupaka wa Kamvimvira, rwategetse ko rudashaka kongera kubona ubucuruzi bwa lisansi hafi y’u mupaka, ruvuga ko ibi bikozwe mu rwego rwo kurinda ko hashobora kongera kwaduka impanuka ivuye kuri lisansi.

               MCN.
Tags: AbacuruziAbarundiBabajijweKu mupaka wa kavimviraLisansi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hafungiwe umunyamulenge wazize uko asa n’ubwoko bwe.

Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, hafungiwe umunyamulenge wazize uko asa n'ubwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?