• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarwanyi baheruka kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa batangiye guhatwa ibibazo.

minebwenews by minebwenews
June 4, 2024
in Regional Politics
0
Abarwanyi baheruka kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa batangiye guhatwa ibibazo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarwanyi baheruka kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa batangiye guhatwa ibibazo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni abarwanyi bagera kuri 40, bagerageje guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi i Kinshasa, muri uku kwezi gushize.

Amakuru atangazwa n’ibitangaza makuru byo muri Kinshasa, avuga ko hashize iminsi irindwi, ubushinjacyaha bukuru bw’Igisirikare cya leta ya Kinshasa, FARDC buri guhata ibibazo bariya barwanyi mirongowine aho bafungiwe muri gereza ya Ndolo, ho muri Komine ya Burumbu.

Ubu bushinjacyaha kandi bwa gisirikare buri guhata ibibazo abasirikare bo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, bagize uruhare mu kwica bamwe mu bashatse guhirika ubutegetsi, batawe muri yombi nyuma yo kunanirwa kugera ku mugambi wabo.

Nk’uko amakuru aturuka mu butabera abitangaza muri iki Cyumweru mbere yo kohereza amadosiye y’abo bantu mu rukiko.

Impuguke mu by’agisirikare akaba n’umusesenguzi ku bibazo by’u mutekano, Jean-Jacques Wando afungiwe muri gereza ya Ndolo nyuma yo gushinjwa kuba yarafatanyije n’umuyobozi wagatsiko kagerageje guhirika ubutegetsi, Christian Malanga Musumari, umwe mu bishwe nyuma yo guhangana n’igisirikare cya RDC.

Uyu n’agatsiko ke bagabye igitero ku rugo rwa Vital Khamere, ubu ukuriye inteko ishinga mategeko ku itariki ya 19/05/2024.

               MCN.
Tags: AbarwanyiGuhata ibibazoGuhirika ubutegetsiKinshasaNdoloUbushinjacyaha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, hongeye kwisuka abasirikare b’u Burundi benshi.

Mu misozi miremire y'Imulenge, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, hongeye kwisuka abasirikare b'u Burundi benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?