• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa FDLR bashaka gutera u Rwanda ngo bashinze amahema ku rubibi rwa Congo n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kumupaka w’u Rwanda na RDC ngo nubwo hakomeza kuvugwa amakuru menshi y’intambara ariko haratekanye.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 26/07/2023, saa 3:27pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Ikibaya gihuza u Rwanda na Republika ya Democrasi ya Congo, bivugwa ko cyazanywemo abarwanyi bo mumutwe wa FDLR, umutwe urimo abasize bakoze Genoside mu Rwanda mumwaka wa 1994.

Aya makuru yemezwa n’u muyobozi w’umulenge wa Busasamana, homugihugu c’u Rwanda Mvano Etienne, aremeza ko mu Kibaya cya Congo aho gihana imbibi n’u Rwanda ko hari abarwanyi ba FDLR ariko ati nubwo bahari umutekano wa Banyarwanda umeze neza.

Yagize ati “Umutekano umeze neza, nubwo dukomeje kuba maso, abaturage bakomeje imirimo yabo kandi bagabanyije ingendo mu kibaya.”

Uyu muyobozi na we yemeza ko hari abarwanyi ba FDLR bazanywe hafi y’umupaka w’u Rwanda ndetse aho hafi mu kibaya hakaba hanagaragara amahema y’ingabo za Congo (FARDC).

Ibi kandi byemezwa nabaturage bo ku ruhande rw’u Rwanda aho bavuga ko iyo bajya i Kibati homuri teritwari ya Nyiragongo munsi y’iki kirunga cya Nyiragongo, babona abarwanyi ba FDLR mukibaya gihuza u Rwanda na Congo ndetse ko hari abo bazi bavuka mu Mulenge wa Cyanzarwe na Busasamana.

Bagize bati: ʺTurababona bamwe mu barwanyi ba FDLR bazanywe hafi y’umupaka w’u Rwanda, baje bava Congo Kinshasa kandi ntibari bahasanzwe.ʺ

Aba baturage bavuze ko hari uwo bazi witwa Gaston ufite ipeti rya Major akaba avuka mu Karere ka Rubavu.

Umuyobozi w’ingabo z’u Rwanda mu karere ka Rubavu, Nyabihu na Rutsiro, Lt Col Ryarasa William, tariki ya 14/07/2023, yatangaje ko abarwanyi ba FDLR bayobowe na Iyamuremye Gaston bashinze amahema hafi y’umupaka w’Igihugu c’u Rwanda, bitegura kurutera.

I Radio Ijwi rya Amerika kuruyu wa Kabiri yavuganye n’Umuvugizi wa FDLR, Cure Ngoma, imubaza niba koko uyu mutwe witegura gutera u Rwanda, asubiza ko uhora witeguye nk’uko bisanzwe.

Icyo gihe yagize ati: “Mu by’ukuri twe turi ku rugamba rwo kurwanya Leta ya Kigali. Kuva rero twatangira urugamba, ntabwo twigeze dushira intwaro hasi. Kwitegura byo turimo kwitegura, gusa ahubwo icyo tudashobora kwemera ni ibyavuzwe mu buryo bwo gushaka kuduharabika, naho kwitegura byo rwose dukomeje kwitegura, nta gitangaje rero kirimo.”

Gusa uyu muyobozi wa FDLR yakomeje avuga ko bashaka ko ikibazo cya Banyarwanda cya kemuka binyuze mu mahoro.

Ati: “Nta bitero FDLR irimo gutegura ku Rwanda kuko FDLR ikomeje guharanira ko ikibazo cy’Abanyarwanda cyakemurwa mu mahoro, binyuze mu nzira y’imishyikirano n’ubwo Leta ya FPR Inkotanyi iyobowe na Paul Kagame ikomeje kubyanga.”

N’ubwo FDLR ivuga ko iharanira amahoro, Leta y’u Rwanda yayishinje kugaba ibitero mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’igihugu mu bihe bitandukanye. Uyu mutwe witwaje intwaro ntiwigeze ubihakana, cyane ko n’abarwanyi bawo bagiye bafatwa batangaje ko ari bo barinyuma y’ibyo bitero.

Tags: FardcFDLRGutera u RwandaMukibayaRdcRwandaUrububi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Abacuruzi bivumburiye ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo muri Aru homuri Ituri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?