Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Abasenateri bo mu Bufaransa bagera kuri 94 bandikiye Perezida Macron ko ba nenze politike ye muri Afrika.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 9, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasenateri bo mu Bufaransa banenze politike ya Perezida Macron muri Afrika.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 09/08/2023, saa 10:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Abasenateri bagera kuri 94 bo mu Bufaransa, bandikiye Perezida Emmanuel Macron ibaruwa irimo ko banenze imyitwarire ye ya politiki kubijanye n’umugabane w’Afrika, iyo Politike bakavuga ko yateje imyumvire yo kurwanya Abafaransa kuruyu mugabane.

Iyinkuru yavuzwe bwambere n’Ikinyamakuru cya Le Figaro cyandikirwa mu Bufaransa, aho kivuga ko muriyo Barua banditse ko Perezida Macron, akwiye kongera gusuzuma politiki y’u Bufaransa muri Afrika.

Abasenateri bavuze ko kunanirwa kwa Operation Barkhane ari yo mpamvu ahanini yatumye u Bufaransa ndetse n’ubukungu bwabwo, politiki ndetse n’igisirikare byangwa kuri uyu mugabane w’irabura ubu muri Mali, Burkina Faso, Niger na Repubulika ya Centrafrica ntibicana uwaka n’u Bufaransa.

Operation Barkhane yari igikorwa cy’u Bufaransa cyo kurwanya inyeshyamba mu karere ka Sahel muri Afrika ni operation yatangiye ahagana mumpera zumwaka wa 2014.

Ibikubiye muriyo Barua harimo ko: “Uyu munsi, Francafrique y’ejo yasimbuwe n’igisirikare cya Russafrique, ubukungu bwa Chinafrique cyangwa diplomasi ya Americafrique.”

“Igihe ntikigeze cyo kongera gusuzuma icyerekezo cyacu cya Afrika n’ihuriro ryacyo n’u Bufaransa?”

Ibaruwa yasojwe yita umugabane wa Afrika “inshuti” itacyumva u Bufaransa kandi igenda irwanya uruhare rwabwo ndetse no kuba buri ku mugabane wa Afrika .

Akarere ka Sahel kagizwe n’ibihugu icyumi na bitanu(15), muribi bihugu ibyinshi bimaze kwerekeza icyerekezo cyabo mugihugu c’u Burusiya. Aha bivuze ko bamaze kunenga Politike ya Amerika n’u Buraya.

Tags: Baranenga imyitwarire ya Emmanuel Macron muri AfrikaSena yo mubu Faransa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Umuturage wo mubwoko bwa ba Bembe, basanze yapfuye i Baraka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?