• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasenyeri bo mu bihugu by’i biyaga bigari, basezenije guhosha amakimbirane ari muri ibi bihugu.

minebwenews by minebwenews
January 28, 2024
in Regional Politics
0
Abasenyeri bo mu bihugu by’i biyaga bigari, basezenije guhosha amakimbirane  ari muri ibi bihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasenyeri batatu bava mu bihugu by’ibiyaga bigari(Rwanda, Burundi na RDC), batangaje ko bagiye guhuza ibi bihugu kugira umwuka mubi urihagati yabyo urangire.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibyagarutsweho na José Moko, perezida wa AEAC akaba na Musenyeri wa idiofa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu kiganiro yahaye Abanyamakuru i Goma, k’u wa Gatandatu, tariki ya 27/01/2024, akaba yavuze ko biteguye gukora ibishoboka byose bagahura n’abakuru b’ibihugu, u Rwanda, Burundi na Congo Kinshasa.

Yagize ati: “Turateganya kubonana n’abaperezida bi bihugu kugira ngo batubwire ko bihagije, ko ubu tugomba guhagarika intambara.”

Ibi yabivuze mugihe k’u munsi w’ejo hashize tariki ya 27/01/2024, abasenyeri bava mu gihugu c’u Rwanda, Burundi na Congo bahuriye i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu rwego rwo guharanira amahoro mu karere.

Gusa muri iki gihe igihugu cy’u Burundi na RDC bifatanye umubano udasanzwe aho abakuru b’ibyo bihugu byombi bakunze kwibasira perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.

Ahanini umubano w’u Burundi n’u Rwanda, wongeye kuzamo agatotsi mu mpera z’u mwaka ushize, nyuma y’uko perezida Evariste Ndayishimiye yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara, zirwanya ubutegetsi bwa Gitega, ibyo u Rwanda rwa komeje gutera utwatsi hubwo bagashinja Leta y’u Burundi kuba yarimanye abakoze genocide mu Rwanda ndetse no gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya u Rwanda.

Mugihe leta ya Kinshasa yo ishinja Kigali gufasha M23 , i byo u Rwanda rwamaganira kure hubwo bagashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kwiyegereza FDLR.

Bruce Bahanda.

Tags: AbasenyeriGuhosha amakimbiraneIbihugu by'ibiyaga bigari
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriri ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, ziramukiye mu kurasa ibisasu biremereye muri Karuba.

Ihuriri ry'ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya Kinshasa, ziramukiye mu kurasa ibisasu biremereye muri Karuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?