Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasenyeri bo mu bihugu by’i biyaga bigari, basezenije guhosha amakimbirane ari muri ibi bihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 28, 2024
in Regional Politics
0
Abasenyeri bo mu bihugu by’i biyaga bigari, basezenije guhosha amakimbirane  ari muri ibi bihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasenyeri batatu bava mu bihugu by’ibiyaga bigari(Rwanda, Burundi na RDC), batangaje ko bagiye guhuza ibi bihugu kugira umwuka mubi urihagati yabyo urangire.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

N’ibyagarutsweho na José Moko, perezida wa AEAC akaba na Musenyeri wa idiofa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu kiganiro yahaye Abanyamakuru i Goma, k’u wa Gatandatu, tariki ya 27/01/2024, akaba yavuze ko biteguye gukora ibishoboka byose bagahura n’abakuru b’ibihugu, u Rwanda, Burundi na Congo Kinshasa.

Yagize ati: “Turateganya kubonana n’abaperezida bi bihugu kugira ngo batubwire ko bihagije, ko ubu tugomba guhagarika intambara.”

Ibi yabivuze mugihe k’u munsi w’ejo hashize tariki ya 27/01/2024, abasenyeri bava mu gihugu c’u Rwanda, Burundi na Congo bahuriye i Goma, k’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu rwego rwo guharanira amahoro mu karere.

Gusa muri iki gihe igihugu cy’u Burundi na RDC bifatanye umubano udasanzwe aho abakuru b’ibyo bihugu byombi bakunze kwibasira perezida w’u Rwanda, Paul Kagame.

Ahanini umubano w’u Burundi n’u Rwanda, wongeye kuzamo agatotsi mu mpera z’u mwaka ushize, nyuma y’uko perezida Evariste Ndayishimiye yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara, zirwanya ubutegetsi bwa Gitega, ibyo u Rwanda rwa komeje gutera utwatsi hubwo bagashinja Leta y’u Burundi kuba yarimanye abakoze genocide mu Rwanda ndetse no gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urwanya u Rwanda.

Mugihe leta ya Kinshasa yo ishinja Kigali gufasha M23 , i byo u Rwanda rwamaganira kure hubwo bagashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kwiyegereza FDLR.

Bruce Bahanda.

Tags: AbasenyeriGuhosha amakimbiraneIbihugu by'ibiyaga bigari
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ihuriri ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, ziramukiye mu kurasa ibisasu biremereye muri Karuba.

Ihuriri ry'ingabo zirwana k'uruhande rwa leta ya Kinshasa, ziramukiye mu kurasa ibisasu biremereye muri Karuba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?