• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Abasenyeri bo mu idini Gatolika, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ubutegetsi bwa Kinshasa, ibikomeye ku zamenyekana ko afasha M23.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2024
in Religion
0
Abasenyeri bo mu idini Gatolika, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ubutegetsi bwa Kinshasa, ibikomeye ku zamenyekana ko afasha M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasengeri bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo basabye ko hoba guhana abategetsi bo muri leta ya Kinshasa bafasha cyangwa bashigikira M23.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ni mu Nama idasanzwe yateranye k’uwa Kabiri, tariki ya 12/03/2024, ihuje abasenyeri bo mu idini Gatolika, muri RDC.

Iy’i Nama ikaba yarateraniye i Kisangani, nk’uko bigaragarira mu cyegeranyo aba basenyeri bo mu idini Gatolika, bashize hanze nyuma y’ibyo biganiro byabahuje ku munsi w’ejo.

Icyo cyegeranyo kivuga ko iyo Nama y’Abasenayeri yemeje ko basaba Inteko Nshinga mategeko yo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ko “bashiraho itegeko rikaze , rizahana umutegetsi wese wamenyweho ko aha ubufasha umutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.”

Muri icyo cyegeranyo cya basenyeri kandi, gisaba ko buriwese uketsweho gufasha M23 ko akwiye guhagarikwa mu kazi, maze bagasuzuma basanga ibyaketsweho ari ukuri agahanwa byintangarugero.

Iki Cyegeranyo gikomeza kivuga ko M23 ari abasahuzi b’igihugu, ko kandi basahura umutungo wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bityo ko ababafasha bagomba guhanwa hisunzwe itegeko rishya ryofatwa ubu vuba.

Ibi babisabye mu gihe M23 irimo gukaza umurego wo kwirukana ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni mu gihe abarwana k’uruhande rwa leta batagihagarara imbere ya barwanyi bagize uy’u mutwe wa M23.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bufashwa n’ingabo zavuye mu bihugu byinshi byo muri Afrika ndetse no mu Burayi, hari nk’ingabo za SADC, zigizwe n’iza Afrika y’Epfo, Malawi na Tanzania. Hari kandi Ingabo z’u Burundi, ndetse na FDLR ikomoka mu gihugu cy’u Rwanda.

Ni mu gihe kandi hari n’abacanshuro baje bava muri Romania no mu Burusiya. Aba bose bakubitwa inshuro bakubiswe na M23.

                MCN.
Tags: AbasenyeriBasabye ubutegetsi bwa KinshasaGatolikaGuhana abafasha M23Kisangani
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Félix Tshisekedi, yagaragaje iki mubabaje muri iki gihe igihugu cye kiri mu ntambara zurudaca.

Perezida Félix Tshisekedi, yagaragaje iki mubabaje muri iki gihe igihugu cye kiri mu ntambara zurudaca.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?